Tags : Busingye

Uwunganira Mugesera yongeye kubura mu rubanza kubera UBURWAYI

Nyuma y’igihe hatumvikana isubikwa ry’urubanza rwaDr Leon Mugesera, kuri uyu wa kabiri, umwunganira Me Rudakemwa yongeye kwandikira Urukiko avuga ko ari mu kiruhuko cya muganga, bituma urukiko rwanzura ko iburanisha risubitswe, umucamanza asaba Mugesera kujya gusoma akanategura ibyo anenga ku batangabuhamya batandatu asigaje kuvugaho, gusa Mugesera yavuze ko atabikora atarikumwe n’umwunganira. Mu minsi ishize Me […]Irambuye

Ibibazo biri mu mitungo yasizwe na beneyo byacocewe mu nama

Kigali -20/5/2015: Abakozi ba Komisiyo y’igihugu ikurikirana imitungo yasizwe na beneyo yahuye n’abahagarariye komisiyo ku rwego rwa buri karere barebera hamwe ibibazo bitandukanye byagaragaye n’ingamba zo kubikemura. Nk’uko byagaragaye mu nama, hari bamwe batari bazi ‘imitungo yasizwe na beneyo’ icyo aricyo, abandi bibazaga ibibazo bijyanye n’inshingano za komisiyo barimo ndetse n’imikoreshereze y’amafaranga azava kuri iyo […]Irambuye

Baribwirumuhungu ‘wishe’ abana 5 na nyina, yakatiwe BURUNDU

Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Gicurasi, nyuma y’ukwezi ruri mu mwiherero, rwakatiye, Baribwirumuhungu Steven igihano cyo gufungwa burundu no gutanga ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 34 800 000. Baribwirumuhungu yari akurikiranyweho icyaha cyo kwica abana batanu bo mu muryango umwe na nyina ubabyara. Ubwo Baribwirumuhungu yagaragaraga imbere y’urukiko rwaburanishije […]Irambuye

Abafitiye Leta umwenda barasabwa kwishyura cyangwa bagakomanyirizwa

Mu kiganiro giheruka guhuza Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye n’abanyamakuru yavuze ko Leta yafashe ingamba zikomeye ku bantu batsinzwe imanza ariki bakaba batishyura amafaranga basabwa ndetse ngo mu minsi iri imbere barashyirwa mu kato. Iki kiganiro kibabaye hashize ibyumweru bibiri, Minisitiri Busingye yavuze ko mu rwego rwo kurangiza imanza Leta yatsinze, uwatsinzwe asabwa kwibwiriza agatanga amafaranga […]Irambuye

en_USEnglish