Tags : Bugesera District

Nyamata yaciriwemo Abatutsi ni yo izavamo ijwi ngo ‘Duhaye imbabazi

*Umupadiri udafasha intama ze kuva mu bwone ngo ni “ikigoryi” kitazi icyo kimara muri Kiliziya, *Yagarutse ku itotezwa yakorewe kuva mu 1963… Padiri Ubald Rugirangonga watangije gahunda y’isanamitima, gusaba no gutanga imbabazi hagati y’abishe n’abiciwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, avuga ko itotezwa ryakorewe Abatutsi rifite umwihariko mu cyahoze ari Komini Kanzenze kuko kuva mu 1959 […]Irambuye

Bugesera: Abagabo bahohoterwa n’abagore bakagira isoni zo kujya kubarega

Bamwe mu bagabo bo mu karere ka Bugesera baravuga ko hari abagore bumvise nabi ihame ry’uburinganire bakabwitwaza bagakandamiza abagabo babo, bamwe bakabakubita gusa ngo bagira isoni zo kujya kubaregera inzego z’umutekano bagahitamo kuruca bakarumira kugira ngo hatazagira ababasuzugura. Ubwo yatambutsaga ikiganiro mu ihuriro ry’abagore bibumbiye mu rugaga rushingiye ku muryango wa RPF Inkotanyi, mu mpera […]Irambuye

I Ntarama bibutse abishwe urw’agashinyaguro bakajugunywa mu Akagera

Mu murenge wa Ntarama, mu karere ka Bugesera bibutse Abatutsi bishwe urw’agashinyaguro bakajugunywa mu mugezi w’Akagera. Uwarokokeye muri aka gace avuga ko haguye Abatutsi benshi kuko hari bamwe bavuye aho bari bihihse bazi ko bagiye gusanganira Ingabo za RPA bagasanga ari abicanyi bakabamarira ku icumu. Kuva mu 1959, aha hahoze ari muri Komini Kanzenze habereye […]Irambuye

Iburasirazuba: Guverineri arihanangiriza abafata nabi inka za Girinka

Asoza icyumweru cyahariwe gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’, umuyobozi w’Intara y’Iburasirazuba, Judith Kazaire kuri uyu wa 05 Mata yihanangirije bamwe mu borojwe muri iyi gahunda bakomeje kurangwa no kutita kuri aya matungo bahawe. Iki cyumweru cyasojwe mu ntara y’Uburasirazuba hatanzwe inka 1 228 zije ziyongera ku zindi ibihumbi 86 zatanzwe mu myaka yatambutse. Muri uyu muhango […]Irambuye

Ngoma na Bugesera baracyategereje umuhanda bemerewe na Perezida

Abaturage batuye mu turere twa Ngoma na Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba barifuza umuhanda uhuza utwo turere twombi urimo kaburimbo, uyu muhanda ngo bawemerewe na Prezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ariko ngo baracyategereje ko wubakwa. Perezida Kagame ngo yari yijeje abatuye Bugesera na Ngoma umuhanda uzabahuza ubwabo ndetse n’Akarere ka Huye ko mu Ntara y’Amajyepfo. […]Irambuye

en_USEnglish