Tags : Benin

Benin: Perezida Talon amaze igihe mu Bufaransa, yagiye kwisuzumisha

Perezida wa Benin, Patrice Talon ari mu Bufaransa aho yagiye gukoresha ibizamini by’umubiri nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Aurélien Agbénonci. Patrice Talon amaze igihe nta we umuca iryera mu bikorwa bya Leta, mu byumweru bibiri bishize hari hatangiye kuvugwa byinshi ku buzima bwe. No mu nama ikomeye yahuje Abayobozi b’Ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba bahuriye […]Irambuye

Benin: Inteko Nshingamategeko yanze itegeko ryo kugira manda imwe ya

Inteko Nshingamategeko muri Benin, yanze umushinga w’itegeko wa Perezida Patrice Talon ugamije guhindura Itegeko Nshinga rizatuma Perezida azajya yiyamamariza manda imwe gusa y’imyaka itandatu. Patrice Talon yatowe mu mwaka washize ngo ayobore Benin, yiyamazaga avuga ko azagabanya igihe Perezida amara ku butegetsi mu rwego rwo kugabanya inyota y’ubutegetsi no gutuma igihugu gihinduka icy’umuntu runaka. Umushinga […]Irambuye

Kagame namumenye kera nemera ibikorwa bye – Perezida Talon

Perezida wa Benin wasoje urugendo rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda guhera ku wa mbere w’iki cyumweru, yavuze ko hari byinshi bijyanye n’imiyoborere yabonye ku Rwanda, anahishura ko yamenye Perezida Paul Kagame na mbere yo kuba Perezida wa Benin, kandi ngo yemera ibikorwa bye. Aba Perezida bombi biyemeje kuzashyigikira Perezida w’urwego rwa Banki y’Isi ritanga inguzanyo […]Irambuye

Bénin: Derlin Zinsou wabaye Perezida yitabye Imana

Igihugu cya Benin cyongeye gupfusha Perezida nyuma ya Mathieu Kérékou, wapfuye mu mwaka ushize, Émile Derlin Zinsou, yatabarutse afite imyaka 98. Uyu mukambwe yavutse tariki 23 Werurwe 1918 mu gace ka Ouidah, yabaye Senateur mu Bufaransa muri Repubulika ya kane, nyuma aza kuyobora Benin igihe yitwaga République du Dahomey hagati ya 1968 kugeza mu 1969. […]Irambuye

Impamvu zitera abantu gutunga imyotso n'indasago

Mu bihugu byinshi by’Afurika, abaturage bakunda indasago n’imyotso.  Akenshi baba bashaka kwerekana imiryango bakomokamo. Mu Rwanda rwo hambere Abanyarwanda barirasagaga bamwe bakanywana abandi bakabikora bagira ngo bivure indwara zimwe na zimwe harimo n’umutwe ndetse n’amaso. Abantu bari batuye igice cya Gisaka( Mirenge, Migongo na Gihunya) nibo bari bazwiho kugira imyotso. Umwe mu bakiri bato bahatuye […]Irambuye

en_USEnglish