Tags : #AUKigali2016

Africa dufite uyu munsi isendereye ikizere- Dr Dlamini Zuma

*Yavuze ko gushora imari mu rubyiruko ari byo bizageza Afurika ku byiza… Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro inama y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika imaze icyumweru iri kubera I Kigali mu Rwanda, umuyobozi wa Komisiyo y’uyu muryango, Dr Nkosazana Dlamini Zuma yavuze ko Afurika ya none itanga ikizere cyo kugera ku byiza kuko Abanyafurika bo muri […]Irambuye

Amakuru yo gusubika amatora y’uzasimbura Dr Nkosazana ngo ni ibihuha,

*Ngo kuva Ejo, Komisiyo ya AU izaba ifite abayobozi bashya… Prof Vincent O. Nmihielle uyobora akanama gashinzwe amategeko mu buyobozi bw’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika aravuga ko amakuru akomeje kuvugwa ko amatora y’uzasimbura umuyobozi wa Komisiyo y’uyu muryango ucyuye igihe yaasubitswe ari ibihuhu kuko azaba ejo kuwa mbere. Uyu muyobozi w’akanama k’amategeko mu buyobozi bwa AU avuga ko […]Irambuye

El Niño ngo yagize ingaruka zikomeye ku buhinzi n’ubworozi muri

Komiseri w’ubuhinzi n’iterambere ry’icyaro mu muryango w’Ubumwa bwa Afurika yunze, Rhoda Peace Tumusiime yatangaje ko umugabane wa Afurika muri rusange wahuye n’ingaruka zikomeye zaturutse ku mihindagurikire y’Ibihe yiswe ‘El Niño’. Mu Rwanda, hirya no hino by’umwihariko mu ntara y’Uburasirazuba hakomeje kuvugwa amapfa n’inzara byatewe n’izuba ryinshi ryatse igihe kirekire bigatuma abahinzi n’aborozi batabona umusaruro uhagije. […]Irambuye

Perezida Abbas wa Palestine, Al Bashir na Kabila wa RDC,…nabo

UPDATE: Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, abayobozi b’ibihugu binyuranye bakomeje kugera mu Rwanda, aho baje kwitabira inama ya 27 y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe izasoza kuwa mbere tariki 18 Nyakanga. Kugera ku masaha ya nijoro cyane abakuru b’ibihugu na za Guverinoma baracyagera mu Rwanda, Jorge Carlos Fonseca wa Cape Verde nawe yamaze kuhagera. […]Irambuye

Afurika yunze ubumwe ntabwo yatereranye Libya – Dr Dlamini Zuma

Kuva mu mwaka wa 2011 muri Libya hatangira intambara yakuyeho uwari Perezida Muammar Gaddafi, Abanyalibya bafata umuryango wa Afurika yunze Ubumwe nk’uwabatereranye nk’uko byatangajwe n’umwe mu Banyalibiya bari mu Nama ya Afurika yunze Ubumwe. Dr Nkosazana C. Dlamini Zuma uyobora Umuryango wa Afurika yunze ubumwe avuga ko iriya mitekerereze isangiwe n’Abanyalibya benshi, gusa ngo sibyo […]Irambuye

en_USEnglish