Tags : AS Muhanga

APR FC itsinze 2-1 Police, AS Muhanga ikomeje ibitangaza

Mu mikino y’umunsi wa 18 wa Shampiyona y’umupira w’amaguru “Azam Rwanda Premier League”, APR FC itsinze Police FC biyihesha gukomeza kuyobora urutonde rwa Shampiyona, mu gihe AS Muhanga yavuye ku mwanya wa nyuma. Ku munota wa karindwi w’igice cya mbere Issa Bigirimana wa APR FC yafunguye amazamu, nyuma ahagana ku munota wa 31 Innocent Habyarimana […]Irambuye

Muhanga itsinze Amagaju 4-1, Ombolenga afasha Kiyovu gutsinda Espoir

Kuri uyu wa kabiri, hakinwe imikino y’umunsi wa 17 wa Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, Muhanga inyagira Amagaju FC 4-1, mu gihe Kiyovu Sports yatsinze Espoir igitego 1- 0. Muri uyu mukino, umuzamu w’amagaju Rukundo Protegene bita Tiger, yahawe ikarita itukura, ku ikosa yakoreyakoreyye Bokota Labama. Mu minota 25 ya mbere, Nizigiyimana na Nzigamasabo […]Irambuye

Bokota ati “Bokota ni Bokota tu. Ni kwakundi!”

Uyu rutahizamu waciye mu Rwanda akahasiga umugani mu gutsinda, ubu yaragarutse, ari muri AS Muhanga n’ubwo ataremererwa gukina kubera ibyangombwa. Ku mukino AS Muhanga yanganyijemo na Rayon yatangaje ko Bokota akiri wawundi ngo aragarutse kandi ntiyahindutse. UmunyeCongo Bokota Labama Bovich wahawe izina rya Kamana ngo akinire Amavubi mu bihe byashize, avuga ko atarabona ibyangombwa ngo […]Irambuye

Bokota Labama yumvikanye na AS Muhanga kuyikinira

Benshi bamuzi ku kazina ‘Igikurankota’ yahawe n’abanyamakuru b’imikino mu Rwanda, ni Bokota Labama Bovich wigeze no gukinira n’ikipe y’igihugu Amavubi. Ubu ari i Muhanga mu mujyi aho yamaze kumvikana n’iyi kipe kuyikinira, gusa iby’ibyangombwa ntabwo birarangira. Faustin Musabyimana umuyobozi w’ikipe ya AS Muhanga yatangarije Umuseke ko Bokota Labama amaze iminsi i Muhanga yumvikana n’iyi kipe, […]Irambuye

Gasana Celse, ‘Executif’ wa Muhanga, yagizwe umwere

Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga kuri uyu wa gatanu ahagana saa kumi rutegetse ko Gasana Celse, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga ari umwere ku byaha yari akurikiranyweho byo gutanga sheki zitazigamiye aziha abakinnyi b’ikipe ya AS Muhanga. Gasana Celse yatawe muri yombi mu minsi 10 ishize nyuma y’iminsi hakorwa iperereza ku inyerezwa ry’amafaranga no gutanga sheki […]Irambuye

Executif w’Akarere ka Muhanga yatawe muri yombi

Ahagana saa mbili z’ijoro kuri uyu wa 03 Kamena nibwo Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yinjijwe muri bridage ya Muhanga, Polisi y’u Rwanda imaze iminsi mu iperereza ku inyerezwa ry’amafaranga no gutanga sheki zitazigamiwe ku bakinnyi b’ikipe ya AS Muhanga igenzurwa n’Akarere. Mu kwezi gushize umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, Chief […]Irambuye

en_USEnglish