Tags : Arusha

Kwibuka22: Abanyarwanda ba Arusha bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuwa 07 Mata, Abanyarwanda n’inshuti zabo baba muri Tanzania bahuriye ku biro by’ubunyamabanga bukuru bwa Afurika y’Iburasirazuba bahuriye Arusha bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22. Uyu muhango winitabiriwe n’umunyamabanga mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba Dr. Richard Sezibera, uwahoze ari umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) Hassan Bubakar Jallow, abahagarariye ibihugu byabo […]Irambuye

Sweden: Birinkindi Claver uregwa Jenoside yitabye Urukiko

Umunyarwanda witwa Birinkindi Claver kuri uyu wa gatanu tariki 4 Nzeri yitabye urukiko rw’i Stockholm muri Suede/Sweden ashinjwa kuba yaragize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994. Birinkindi amaze igihe afunze mu gihe hari gukorwa iperereza ku byaha ashinjwa. Mu kiganiro BBC yagiranye n’umushinjacyaha Tara Host kuri telephone, yasobanuye ko mu mwaka […]Irambuye

Matayo Ngirumpatse na Karemera bongeye gukatirwa icya BURUNDU

Mu rugero rw’ubujurire rw’urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ruri Arusha kuri uyu wa 29 Nzeri rwakatiye Mayato Ngirumpatse na Eduard Karemera gufungwa burundu, igihano cyari cyabafatiwe n’ubundi mu 2011 kubera ibyaha bya Jenoside. Matayo Ngirumpatse wari umuhanzi ukomeye akaba na Perezida wa MRND na Edward Karemera wari Umuyobozi Wungirije w’iryo shyaka, bombi bahamijwe ibyaha […]Irambuye

Arusha: Ubujurire nabwo bwemeje ko Bizimungu afungwa imyaka 30

Mu bujurire, Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho guca imanza z’abakoze Jenoside mu Rwanda ruri Arusha kuri uyu wa mbere rwakatiye General Augustin Bizimungu gufungwa imyaka 30 kubera uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ubujurire bwashimangiye igihano cy’igifungu cy’imyaka 30 kuri Bizimungu wari wahamijwe ibyaha bya Jenoside muri Gicurasi 2011 agakatirwa gufungwa imyaka […]Irambuye

Abakozi ba EAC nti bishimiye uko bafatwa

Abakozi bakorera umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba n’ibigo biwushamikiweho baratangaza ko batishimiye uburyo bafashwe mu kazi kabo ka buri munsi kuko ngo batishyurirwa ubwiteganyirize bw’izabukuru. Ubwo Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yageraga i Arusha mu guhugu cya Tanzania ahari icyicaro gikuru cy’uyu muryango abakozi bamugaragarije ko batishimye na gato kubera ko kontalo bahawe zitabasha kubatangira  amafaranga y’ubwiteganyirize […]Irambuye

en_USEnglish