Tags : Amb. Erica Barks-Ruggles

U Rwanda rubaye urwa 2  muri Afurika ruhawe icyemezo cyo

Kuri uyu wa Gatanu Leta y’u Rwanda yahawe icyemezo kigaragaza ko  serivisi yo gutanga amaraso ku rwego mpuzamahanga itangwa mu buryi bunoze muri iki gihugu. U Rwanda rubaye igihugu cya kabiri muri Afurika byujuje ubuziranenge kuri iyi serivisi yo gutanga amaraso nyuma y’igihugu cya Namibia. Mu Rwanda kandi hatashywe inyubako izajya ihugurirwamo impuguke ziturutse mu […]Irambuye

Mahama: Abaterankunga barashimwa ariko bagasabwa koongeera inkunga

Minisiteri ishinzwe imicungire y’ibiza n’impunzi, MIDIMAR irashimira ibihugu n’imiryango nterankunga ku nkunga byagiye bitera Leta y’u Rwanda kugira ngo ibashe kwita ku mpunzi ziri muri iki gihugu gusa iyi Minisiteri ikavuga ko izi nkunga zikwiye kongerwa kuko impunzi ziri mu Rwanda zirenze ubushobozi bw’iki gihugu. Ni mu ruzinduko rwa bamwe mu bahagarariye ibi bihugu byabo […]Irambuye

Abandi bakorerabushake bo muri USA barahiriye gukorera mu Rwanda

*Barahira, bagize bati ‘Twiyemeje gufatanya n’Abanyarwanda…’ *Kuri bo ngo u Rwanda ni nk’ijuru,…Bavuga Ikinyarwanda nk’ururimi kavukire! Urubyiruko rw’Abakorerabushake 26 b’Umuryango wa ‘Peace Corps’ wo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barahiriye gutangira ibikorwa byabo mu Rwanda kuri uyu wa 02 Kanama, bavuga ko bishimiye gukorera ibikorwa byabo muri iki gihugu kuko bakibonyemo ibyiza byinshi. Bati […]Irambuye

Amb. Erica Barks wa USA yasuye impunzi z’Abarundi ‘azirema agatima’

Iburasirazuba – Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika mu Rwanda Erica Barks-Ruggles ubwo kuri uyu wa kane yasuraga inkambi iherereye mu murenge wa Mahama mu karere ka Kirehe yabwiye amagambo akomeza izi mpunzi ko igihugu cye kiri gushyira igitutu kuri Perezida w’u Burundi ngo agarure amahoro mu gihugu, abahunze nabo batahe. Ambasaderi Barks-Ruggles yaje […]Irambuye

en_USEnglish