Tags : Alvera Mukabaramba

Dr Mukabaramba ati “aho kwishyurira umuntu ‘mutuelle’ wamworoza ihene”

*Abanya-Kamonyi ntibemeranywa na Mukabaramba ko hari abo imibereho yabo yazamutse, *Imiryango 12 yorojwe ihene indi 10 yiturwa muri gahunda ya Girinka, Kamonyi- Mu gikorwa cyo gushyikiriza amatungo magufi y’ihene no kwiturana muri gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, Dr Alvera Mukabaramba yavuze ko aho kwishyurira umuturage […]Irambuye

RDF yemereye Umukecuru w’imyaka 103, Frw 300 000 azishyura umushumba

Bugesera – Ku myaka ye 103, Melaniya Nyirambuga ni umukecuru bigaragara ko agikomeye, aracyabasha kwicumba akabando agatambuka, ni umwe mu baturage babonye inzu n’inka yo korora mu mudugudu wiswe Umurwa w’Amahoro wa Musovu watujwemo bamwe mu bimuwe ku musozi wa Karera i Rilima ahazubakwa ikibuga cy’Indege. Uyu mukecuru, yatunguwe no kuvugwaho mu ijambo ry’Umuyobozi w’akarere […]Irambuye

Bugesera: Imiryango 62 yimuwe ahazubakwa ikibuga cy’indege yahawe inzu n’inka

Bugesera – Inzu ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 6 437 218 kuri buri muryango n’inka imwe (ifite amaraso avanze) yo korora, byaherekejwe n’ibiryo byo kubafasha mu gihe cy’ukwezi. Igikorwa cyo kubashyikiriza izi nzu cyayobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe imibereho myiza, Alvera Mukabaramba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 16 […]Irambuye

Abantu 35 000 bavuwe n’ibikorwa bya Army Week mu myaka

Benshi mu barokotse basigiwe ibikomere na Jenoside bitakize kuva muri Gicurasi 2012 kugeza ubu bagiye bavurwa ku buntu n’abaganga bo mu ngabo z’igihugu mu turere 27 bagezemo. Kuri uyu wa mbere Mata 2015 ubwo bari i Rubavu bavuye abantu bakabakaba 300. Theophile Ruberangeyo uyobora ikigega FARG yavuze ko kuva mu 2012 abamaze kuvurwa muri ibi […]Irambuye

Abayobozi batita ku bibazo by’abaturage hari ibihano bafatirwa – Min.

19 Nzeri 2014, Kacyiru – Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka avuga ko abayobozi bagira uburangare mu gukemura ibibazo by’abaturage byanze bikunze bubagiraho ingaruka ndetse hari ibihano bibagenerwa n’ubwo bitajya kumugaragaro. Hari mu kiganiro n’abanyamakuru cyasobanuraga ku itangizwa ry’ukwezi kw’Imiyoborere, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, ukwezi kuzaba hagati ya tariki 22 Nzeri na 24 Ukwakira […]Irambuye

en_USEnglish