Tags : Agnes Binagwaho

Abanyarwanda tugerageza kenshi bikarangira icyo dushaka tukigezeho – Kagame

Afungura ku mugaragaro inyubako ya ‘Kigali Convention Center’ yuzuye ku Kimihurura ubu ikaba yitegura kwakira inama yaguye y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe, Perezida Kagame yagaragaje ko uyu mushinga w’ubwubatsi wagoranye cyane ariko kuko byari byiyemejwe ko ugerwaho, uyu munsi ni umushinga urangiye. Perezida Paul Kagame yashimiye abantu bose bagize uruhare muri uyu mushinga wa Hoteli […]Irambuye

Korea y’Epfo yemeye gufasha u Rwanda mu ikoranabuhanga mu buzima

Ni mu masezerano yasinywe kuri uyu wa gatanu na Minisitiri Dr Agnes Binagwaho na Kwon Deok Cheol wungirije Minisitiri w’ubuzima n’imibereho myiza muri Korea aho ibihugu byombi byemeranyijwe ku bufatanye mu nzego z’ubuzima no guhana amakuru, cyane cyane Korea igafasha u Rwanda guteza imbere ikoranabuhanga mu buzima. Ubufatanye bw’ibihugu byombi ngo buzanaba hagati y’amashuri makuru […]Irambuye

USA: Dr Binagwaho yegukanye igihembo cya 100 000$

I Seattle muri Leta ya Washington, Minisitiri w’ubuzima w’u Rwanda Dr  Agnes Binagwaho yahawe Roux Prize kubera uruhare mu guhindura ubuzima akoresheje ibipimo ngenderwaho( Data)mu buzima akoresha uburyo bwa Global Burden of Disease (GBD) Dr Agnes Binagwaho  yahawe iki gihembo cyiswe Roux Price gitanzwe ku nshuro ya kabiri kubera ngo uruhare agira mu gutuma ubuzima bw’abanyarwanda […]Irambuye

Abadepite banenze ibisobanuro bya Dr Binagwaho, bamwe ngo ‘BIRATEKINITSE’

31 Werurwe 2015 – Kuri uyu wa kabiri nimugoroba ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho yitabaga Inteko Ishinga amategeko umutwe w’abadepite ngo atange ibisobanuro ku bibazo yabajijwe byagaragaye muri raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’iya Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’Igihugu. Ibisobanuro yatanze  ntabwo byinshi byanyuze abagize Inteko, kumubaza ntibyarangiye iyi gahunda ikazakomeza kuri uyu […]Irambuye

Min. Binagwaho yabonye impamyabumenyi ya PhD

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Kanama, Kaminuza  y’u Rwanda  yashyikirije Minisitiri w’Ubuzima, Dr Agnes Binagwaho impamyabumenyi ya PhD mu bijyanye no kubungabunga ubuzima (Health Management). Ni umwe mu bihumbi by’abanyeshuri bahawe impamyabumenyi zabo none. Impamyabumenyi zatanzwe ku rwego rwa PhD, zakorewe mu myaka itanu nk’uko Umuseke wabitangarijwe n’umukozi ushinzwe gutangaza amakuru muri Kaminuza […]Irambuye

Buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe aba yanduye agakoko

Kuri uyu wa gatanu ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho n’abakozi b’iyi Minisiteri bari Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basobanura uko ubwandu bushya bwa SIDA buhagaze mu Rwanda, bavuze ko muri iki gihe nibura buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe yandura agakoko gatera SIDA. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kugeza ubu abanyarwanda 226,225 bajya kungana […]Irambuye

en_USEnglish