Tags : AfDB

Tariki ya 1/5/2016 Kigali Convention Center na Hoteli yayo bizatangira

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Gatete Claver yabwiye abadepite ko imirimo y’ibanze ku nyubako ya Kigali Convention Center na Hotel yayo igeze kure, Leta ikaba yaramaze kwishyura asaga miliyari 26 z’amafaranga y’u Rwanda, ngo bigenze neza tariki 1 Gicurasi 2016, iyi nyubako izaba yatangiye gukorerwamo. Kigali Convention Center na Hotel yayo ni inyubako yagenewe kuzajya iberamo […]Irambuye

Nyuma y’imyaka 11 BAD yagarutse ku kicaro cyayo i Abidjan

Nyuma y’imyaka 11 ubuyobozi n’imikorere ya Banki Nyafurika itsura amajyambere “BAD” busa n’ubukorera mu buhungiro i Tunis muri Tunisie kubera intambara yashegeshe Cote d’Ivoire mu myaka ishize, kuwa kane Nzeri 2014 abakozi n’abayobozi b’iyi banki bose basubiye ku kicaro gikuru cyayo i Abidjan muri Côte d’Ivoire. BAD yari yimuriiye imirimo yayo hanzi y’ibiro bikuru byayo muru […]Irambuye

Perezida Kagame yatangije kumugaragaro inama ya BAD mu Rwanda

Kuri uyu wa 22 Gicurasi imbere y’abayobozi b’ibihugu barimo uwa Mauritania, Gabon, Uganda na Senegal, abayobozi b’amabanki akomeye, abayobozi b’ibigo by’imari binini, umuyobozi wa African Union n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bya Tanzania na Africa y’Epfo, nibwo ku mugaragaro Inama nkuru ya Banki Nyafrika itsura amajyambere yatangijwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame. Dr Kaberuka Donald […]Irambuye

“World Export Development Forum” bwa mbere muri Africa izabera mu

Inama ya 14 yitwa World Export Development Forum (WEDF) itegurwa na International Trade Centre (ITC) izabera mu Rwanda hagati ya tariki 16 na 17 Nzeri 2014 nk’uko bikubiye mu masezerano Velentine Rugwabiza umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB yasinyanye na ITC mu ntangiriro z’iki cyumweru. Iyi nama ikomeye ni ubwa mbere izaba ibereye ku mugabane wa […]Irambuye

Kuki ibibazo byacu byakemurirwa i burayi? – Paul Kagame

Kuri uyu mugoroba wo kuwa kabiri, Perezida Paul Kagame, uwahoze ari Perezida wa Africa y’Epfo Tabo Mbeki, uwahoze ari Perezida wa Nigeria Olusegun Obasanjo, Ministre Louise Mushikiwabo na Dr Donald Kaberuka batanze ikiganiro ku “Gukemura amakimbirane no kubaka amahoro muri Africa.” Perezida Kagame yavuze ko ibibazo bya Africa bigomba gushakirwa umuti n’abayafrika ubwabo. Muri iki […]Irambuye

en_USEnglish