Tags : Adrien Niyonshuti

Niyonshuti ashobora kuba umunyarwanda wa mbere ukinnye Tde France

Isiganwa ry’amagare rikomeye kurusha andi ku isi ‘Tour de France’ rirabura ukwezi ngo ritangire. Abakinnyi baryitegura bari mu Bufaransa mu isiganwa ry’imyitozo rica mu mihanda izanyuramo Tour de France. Harimo Christopher Froome watwaye iy’umwaka ushize, n’umunyarwanda Adrien Niyonshuti ugeze kuri uru rwego ku nshuro ya mbere. Kuri iki cyumweru tariki 5 Kamena 2017 mu mujyi […]Irambuye

Kuki A.Niyonshuti yasimbujwe Hadi Janvier kujya muri Jeux Olempiques?

Hadi Janvier umukinnyi wa Bike Aid yo mu Budage ariko ubu uri mu biruhuko iwabo kuri Kora muri Nyabihu , umwaka ushize yakoze ibishoboka yitwara neza agira amanota asabwa ngo igihugu kibone ticket y’imikino ya Olempike, yabigezeho. Uyu musore wayikoreye ariko ubu yasimbujwe mugenzi we Adrien Niyonshuti, yabwiye Umuseke ko yababaye ariko yaje kubyakira. Tariki 17 […]Irambuye

Amagare: Adrien Niyonshuti yegukanye shampiyona muri ‘Individual time trial’

Kuri uyu wa gatandatu tariki 25 Kamena 2016, Adrien Niyonshuti ukina nk’uwabigize umwuga muri ‘Team Dimension Data’ yo muri Afurika y’Epfo yegukanye Shampiyona y’u Rwanda y’amagare, mu gice cyo gusiganwa umuntu ku giti cye basiganwa n’igihe ‘individual time trial’. Mu bagabo abasiganwa bahagurutse mu Mujyi wa Nyamata, i Bugesera, bajya i Ramiro bagaruka i Nyamata, urugendo […]Irambuye

Tour du Rwanda ya 2014 izatwara agera kuri miliyoni 400

Kuri uyu wa kabiri nimugoroba, mu kiganiro n’abanyamakuru ku mutegurire ya Tour du Rwanda 2014 izaba mu kwezi kwa 11, Aimable Bayingana umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare yatangaje ko iri rushanwa uyu mwaka rizatwara ingengo y’imari ya miliyoni 400 cyangwa irengaho macye . Tour du Rwanda iheruka yatwaye amafaranga miliyoni 370 y’u Rwanda. Iri […]Irambuye

en_USEnglish