Tags : Adama Barrow

Perezida mushya wa Gambia yahungutse yageze i Banjul

Kuri uyu wa Kane, mu masaha y’umugoroba i Kigali, Adama Barrow uherutse kurahirira kuyobora Gambia ari mu buhungiro muri Senegal yavuye muri icyo gihugu atahutse ngo ajye gushyira mu bikorwa inshingano yahawe n’abaturage. I Dakar yasezewe n’abayobozi bamuherekeje ku kibuga cy’indege, ku isaha ya saa 19h10 i Kigali ni bwo Barrow yari ageze i Banjul. […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yashyizeho umugore uzamwungiriza

Perezida mushya muri Gambia, Adama Barrow yagize Visi Perezida we umugore uzwi cyane ndetse wigeze kuba mu butegetsi bwa Yahya Jammeh nyuma akiyunga n’abatavuga rumwe na we, akaba ari na we watangaje ko azageza mu butabera Yahya Jammeh. Hari bamwe batangiye kunenga icyemezo cya Perezida Barrow bavuga ko Fatoumata Jallow-Tambajang w’imyaka 68, atari akwiye kujya […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yarahiriye kuyobora igihugu ari mu buhungiro muri

Adama Barrow, watangajwe tariki ya 1 Ukuboza 2016 nk’uwatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Gambia, yarahiriye kuyobora igihugu nka Perezida mushya. Barrow yarahiriye muri Ambasade ya Gambia muri Senegal ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 19 Mutarama. Yamaze kwemerwa nka Perezida wa Gambia mu rwego mpuzamahanga. Gusa, Perezida watsinzwe amatora, Yahya Jammeh yanze kurekura […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh yagejeje ijambo ku baturage, nta byo kurekura

Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh yaraye agejeje ijambo ku batuye igihugu abasaba ko bategereza umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga kuko ngo nirwo ruzemeza uwatowe nka Perezida. Ijambo rye ryakurikiye umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga uvuga ko ruzaterana muri Gicurasi 2017 kugira ngo abacamanza basuzume ikirego cyatanzwe n’ishyaka rya Perezida Jammeh risaba ko amatora yasubirwamo. Urukiko rw’Ikirenga rwimuriye urubanza muri […]Irambuye

Gambia: Abaturage batangiye amatora ya Perezida, Yahya Jemmeh arashaka manda

Abaturage ba Gambia batangiye amatora benshi babona ko akomeye cyane, Umunyemari Adama Barrow ahanganye na Perezida Yahya Jammeh umaze imyaka 22 ku butegetsi. Leta yafashe icyemezo cyo kuba ikuyeho umuyoboro wa Internet ndetse n’imirongo ya telefoni ihamagara hanze y’igihugu, kandi ibuza imyigaragambyo mbere y’amatora cyangwa nyuma yayo. Amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi yose yiyunze n’umukandida Adama […]Irambuye

en_USEnglish