Tags : Abunzi

Muhanga: MINIJUST yashyikirije  Abunzi amagare bemerewe na Kagame

Minisiteri y’Ubutabera ku bufatanye n’Akarere ka Muhanga, bashyikirije Abunzi amagare bemerewe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo uru rwego rw’Abunzi rwizihizaga  isabukuru y’imyaka 10 rwari rumaze rugiyeho. Ku ikubitiro Abunzi 147  ku rwego rw’Akagari n’Imirenge bigize Akarere ka Muhanga, nibo bashyikirijwe amagare  bahawe n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame mu mwaka wa 2010. Bamwe mu bunzi […]Irambuye

Abunzi ntibazongera gukurikirana ibibazo nshinjabyaha

*Busingye yavuze ko mu Rwanda hari hatangiye kubaho umuco wo kudahana kubera itegeko ry’Abaunzi, *Hon Gatabazi yifuje ko Abanzi bakemura ibibazo bifite agaciro gahera kuri miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda kumanura. Kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Kamena 2016, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yemeje ishingiro ry’umushinga wo kuvugurura itegeko rigena imiterere, ifasi, ububasha […]Irambuye

Karongi: Abunzi bibukijwe ko ukuri n’ubunyangamugayo nta kaminuza byigwamo

Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye ubwo yasuraga abunzi mu karere ka Karongi aho barimo bahugurwa ku mahame agomba kubaranga ndetse n’uburyo bwakwifashishwa mu gukemura amakimbirane bagezwaho, yabasabye kurangwa n’ubunyangamugayo. Minisitiri Busingye yababwiye ko bari aho, kuko abaturage bababonyemo ubunyangamugayo, batagomba kubatenguha kuko nta kindi bibasaba. Yababwiye ko ubunyangamugayo n’ukuri basabwa mu kazi kabo nta mashuri yandi […]Irambuye

Muhanga: MINIJUST yatumiye abunzi mu mahugurwa ntiyabaha ibibatunga

Mu mahugurwa y’iminsi ibiri y’abunzi bo mu mirenge 12 igize akarere ka Muhanga, Abunzi babwiye Minisitiri w’ubutabera Busingye Johnston ko bamaze iminsi ibiri batarya batanywa kandi nta mafaranga iyi Minsiteri yabateganyirije y’urugendo. Minisitiri yasabye imbabazi abizeza ko aya makosa atazongera kubaho. Aya mahugurwa y’abunzi bashya baherutse gutorwa, yari agamije kubibutsa amwe mu mategeko arebana n’izungura, […]Irambuye

Abunzi bagiye kongererwa ubumenyi mu by’amategeko

Mu rwego rwo gukomeza gufatanya n’Abunzi mu gukemura ibibazo by’Abanyarwanda, Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) kuri uyu wa 10 Nzeri 2015 yamurikiye abaterankunga imfashanyigisho zizifashishwa mu kongerera ubumenyi abunzi kugira ngo bose bagire imyumvire imwe mu gukemura ibibazo. Yankulije Odette ushinzwe serivisi yo kwegereza abaturage ubutabera muri MINIJUST, yasobanuye ko abafatanyabikorwa babo bahuguraga Abunzi ku gutanga ubutabera, […]Irambuye

Mandat y’Abunzi mu gihugu hose ubu YARANGIYE

Kuva tariki 30/06/2015 Mandat y’imyaka itanu y’Abunzi bo mu gihugu hose yararangiye. Bahise bahagarika imirimo yabo. Minisiteri y’Ubutabera ivuga ko bari gutegura amatora y’izindi komite nshya z’Abunzi kugira ngo imirimo yabo ikomeze. Hagati aha ngo nta mpungenge z’uko akazi bakoraga kari bupfe. Mu gihugu hose hari Abunzi 30 768 bari muri Komite ziri ku rwego […]Irambuye

Kagame yashimiye Abunzi umurimo ukomeye bakorera u Rwanda

Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka icumu komite  z’Abunzi zibayeho, kuri uyu wa gatanu tariki 17/10/2014 Perezida Paul Kagame yavuze ko imirimo myiza kandi ikomeye yakozwe n’inyangamugayo mu nkiko Gacaca igatuma hanabaho komite z’Abunzi ngo bunganire ubutabera mu kubanisha Abanyarwanda, ari urugero rwiza ko Abanyarwanda n’abanyafrica muri rusange bifitemo ubushobozi bwo kwikemurira ibibazo byabo bya […]Irambuye

en_USEnglish