Mu rwego rwo kongerera Urubyiruko ubumenyi ngiro, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu kigisha ubumenyingiro (IPRC Kigali), Inama y’igihugu y’Urubyiruko irashaka gufasha Urubyiruko rwarangije amashuri yisumbuye rushaka kwiga imyuga mu gihe cy’umwaka umwe. Mu bisabwa harimo; kuba uri umunyarwanda uri hagati<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ku-rubyiruko-rushaka-kurihirwa-amasomo-yubumenyingiro-i-kigali/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye
Abantu batari bacye bemera ko habaho urwandiko cyangwa igeno ry’umuntu ikaba ariyo mpamvu ibyiza n’ibibi bahura nabyo ngo baba barabyandikiwe. Mu byo bahura nabyo harimo urupfu, uburwayi, ubukene, ubukire ndetse n’ibindi. Iyi nkuru rero iragaragaza ibitandukanye n’imyumvire y’abantu bizera ko hari ibyo bandikiwe kuzabona mu buzima bwabo kandi irashyira ahagaragara aho ubukire buturuka. Rubyiruko nimwe […]Irambuye
Abanyeshuri 3 Bosco Nyandwi, Elie Nzayisenga na Dieudonné Dusengumukiza bombi batahanye buri umwe amafaranga y’u Rwanda miyoni 2 nyuma y’aho imishinga yabo itsinze mu irushanwa rikangurira urubyiruko guhanga udushya, African Innovation Prize’s “Enterprise Rwanda 2013”, irushanwa ryashojwe mu mpera z’icyumweru dusoje. Urubyiruko rwahembwe, rwari rumaze icyumweru na bagenzi babo bahugurwa mu bijyanye no guhanga imirimo […]Irambuye
Kubana n’ubumuga mu muryango nyarwanda wa cyera byari bigoye kugira icyo ugeraho, ubu byarahindutse. Hirwa Diane yarangije amashuri y’ubugeni muri Uganda, ubu arakora umwuga we mu Rwanda aho umubeshejeho. Diane Hirwa abana n’ubumuga bwo kutavuga no kutumva, afite imyaka 27 akaba atuye i Gikondo ari naho akorera imirimo y’ubugeni ye buri munsi. Hirwa kugirango abashe […]Irambuye
Ibikoresho gakondo biri kugenda bisigara mu bakuru, si kenshi uzasanga umwana w’imyaka 12 usibye no kubikoresha cyangwa kubivuga azi ; umuduri, icyembe, iningiri, gukaraga umurishyo, kwivuga, gusaakuza n’ibindi. Manishimwe Patrick niyo myaka afite, muri EXPO 2013 arashakisha igiceri anerekana iyo mpano ifitwe na mbarwa mu bangana nawe mu Rwanda. Manishimwe, avuga ko yiga mu mwaka wa […]Irambuye
Ni umunyeshuri wiga mu mwaka wa gatanu w’Imibare, Ubutabire n’ibinyabuzima mu ishuri ryisumbuye rya ESAPAG Gitwe ribarizwa mu karere ka Ruhango, umurenge wa Bweramana, uyu munyeshuri ntasanzwe kuko niwe ku giti cye wirihira ikiguzi cy’uburezi abikuye ku murimo we w’ubuvumvu. Tuyisenge J. Pierre w’imyaka 20 gusa y’mavuko akomoka mu karere ka Karongi, umurenge wa Murambi, […]Irambuye
Umuyobozi wa Kiliziya Gatolika Papa Francisco mbere yo kwerekeza mu gihugu cya Brezile agiye kumaramo icyumweru ari na rwo rugendo rwe rwa mbere kuva yasimbura Papa Benedigito wa XV, yavuze ku kibazo kimaze igihe kirekire cyo kuba urubyiruko rwinshi rutagira akazi. Ubwo yavuganaga n’abanyamakuru mbere yo gutangira urugendo yerekeza mu Mujyi wa Rio de Janeiro, Papa […]Irambuye
Shirimpumu Jean Claude umaze kugera kuri byinshi akesha ubworozi bw’ingurube, arakangurira urubyiruko kuyoboka ubworozi bwa kijyambere bw’ingurube kuko ngo korora ingurube bingana no kugira banki ukuramo amafaranga utavuye mu rugo iwawe. Ubu bworozi bw’ingurube bumaze gukiza Shirimpumu nk’uko ubwe abyemera ndetse n’abaturanyi be bakabihamya kuko inyungu ye ibageraho, abukorere mu murenge wa Kageyo mu karere […]Irambuye
Mu gihe muri iyi minsi havugwa ikibazo gikomeye cy’ibiyobyabewnge mu rubyiruko, Mwizeye Billy umusore wari warasaritswe nabyo, avuga ko akibinywa yatakaje ibiro 13. Mwizerwa yahaye abandi ubuhamya ku bibi by’ibiyobyabwenge mu gikorwa cyo kurwanya ibiyobyabwenge hakoreshejwe imyidagaduro mu karere ka Gasabo kuwa 17 Nyakanga 2013. Ni igikorwa cyabere mu murenge wa Gatsata umwe mu mirenge […]Irambuye
Mu gihe umuntu atari munsi y’imyaka 20 cyangwa ayirengeje nicyo gihe umuntu afata umurongo w’ubuzima. Aha niho haba ibishuko byinshi n’ibigeragezo bikomeye, ibyemezo uhafatira nibyo bikugira uwo uzaba we. Waba ukize cyangwa ukennye iki kiciro cy’imyaka niho ugomba gufata imyanzuro y’ubuzima, iyo uhananiriwe ntakikuvamo. Amakosa mu buzima ni ikintu gisanzwe cyane, n’abashaje barakosa, abo muri […]Irambuye