Rwanda Day London 2013, ni umunsi abanyarwanda baba mu bihugu by’Uburayi nk’Ubwongereza, Ubufaransa, Ubutaliyani,Ubudage, Suisse, Sueden n’ahandi bazahura n’abazaba baturutse mu Rwanda barangajwe imbere na Perezida Kagame bakaganira ku ishoramari n’ibindi bigamije iterambere ry’u Rwanda. Muri uyu munsi, abahahurira basusurutswa n’abahanzi b’abanyarwanda. Amakuru agera k’umuseke.rw ni uko abahanzi Knowless, King James na Masamba aribo bazahagurukana […]Irambuye
Umuhanzi Daddy Cassanova utuye mu gihugu cya Canada aratangaza ko agiye kugarukana imbaraga nyinshi mu muzika w’ikinyarwanda kuko ngo asanga hari aho amaze kugera yimenyekanisha muri Canada. Cassanova aravuga ibi nyuma y’uko asohoye indirimbo nshya yise “Ndakwikundira”. Aganira n’Umuseke.com yavuze ko yari amaze igihe ashyira ingufu mu kwimenyekanisha muri Canada bityo bigatuma aririmba indirimbo ziri […]Irambuye
Afurika kimwe n’indi migabane igize isi, nayo ifite umwihariko kunjyana z’umuziki zifite inkomoko muri Afurika, zimwe zagiye zimenyekana cyane, akenshi ugasanga zifatwa nka gakondo z’ibihugu bitandukanye. Usibye nko kuba hari injyana za Afurika zizwi cyane nka Afro beat, AfroJazz, Afro fank, hari n’izindi z’umwihariko ku Turere, n’Ibihugu bitandukanye, aho twumva nka bongo flava muri Tanzania, […]Irambuye
Umuhanzi , umunyamakuru ndetse n’umubyeyi w’abana babiri Danny Vumbi wamenyekanye cyane mu itsinda rya muzika rya “THE BROTHERS” ari gutegura kumurika album ye izitwa “KURI TWESE ”. Iyi Album izaba iriho indirimbo zigera ku icyenda (9) zirimo n’izikangurira urubyiruko kwihangira imirimo, izivuga ku buzima bwa buri munsi ndetse na nke z’urukundo nkuko Danny abitangaza. Avugana […]Irambuye
Producer Jimmy wo muri Celebrity Music wakekwaga kuba ariwe se w’umwana umuhanzikazi Jozy atwite arabihakana ndetse akanavuga ko se w’umwana azwi na nyina n’ubwo adashaka kumutangaza. Mbere y’uko Jozy atwita inda ubu imaze kugira amezi atandatu, yakundaga kugaragara mu bitangazamakuru cyane cyane ibyandika ari kumwe na Producer Jimmy wo muri Celebrity Music ndetse akenshi bikanandikwa […]Irambuye
Nyuma y’imyaka itatu umuhanzi Ben Kayiranga utuye mu gihugu cy’Ubufaransa ategura umuzingo(album) mushya yari yise “Ntunsige”afatanije na Producer Pastor P, uyu muzingo waje gushyikirizwa Lokua Kanza kugira ngo awutere inkunga usohoke, arawugaya avuga ko atawushyira ku isoko kuko utari ku rwego awifuzaho ahubwo asaba ko wasubirwamo ukazasohoka umwaka utaha. Mu kiganiro Ben Kayiranga yagiranye n’itangazamakuru […]Irambuye
Ku nshuro ya gatatu y’irushanwa Primus Guma Super Star nta muhanzi mpuzamahanga uzaza kurisoza nk’uko byagenze mu marushanwa abiri yabanje ahubwo amafaranga yari kuzahembwa azongerwa kuyuzegukana umwanya wa mbere n’abandi bane bazamukurikira. Ibi byavuye mu nama yahuje abahanzi barimo guhatana muri iri rushanwa ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ebyiri Gicurasi 2013 , […]Irambuye
Joanne Chesimard niwe mugore wa mbere ugiye ku rutonde rw’abashakishwa na Federal Bureau of Investigation kubera ubwicanyi n’iterabwoba, uyu mugore ni nyirasenge w’umuraperi wamamaye Tupac Shakur. Uyu mugore ubu w’imyaka 65, bivugwa ko ariwe wari ikitegererezo cya Tupac, yakatiwe gufungwa burundu mu 1977 nyuma yo kwica umupolisi muri Leta ya New Jersey. Uyu mugore udasanzwe […]Irambuye
Umusore Edouce wamenyekanye cyane muri muzika mu mwaka wa 2011 mu ndirimbo ye yise akandi ku mutima , kugaza n’ubu aho azwi mu ndirimbo nyinshi zagye zikundwa cyane nka Sinakwangaga n’izinda aratangaza ko kuva yatangira muzika bwa mbere yahenzwe no gukora amashusho y’indirimbo.. Kuri ubu uyu muhanzi yakoze video y’indirimbo ye nshya iherute kujya hanze […]Irambuye
Fanny Neguesha umukobwa w’umubiligikazi ufite uruvange rw’inkomoko zirimo Misiri, DR Congo, Ubutaliyani n’u Rwanda niwe wanze Mario Balotelli nyuma y’uko uyu mukinnyi amutanzeho intego ngo Real Madrid nitsinda Dortmund abakinnyi bose ba Real na Ronaldo bazaze uyu Fanny abahe intsinzi. Ibi byababaje cyane uyu mukobwa w’imyaka 22 ndetse ubu ngo ntabwo akiri mu nzu y’agatangaza […]Irambuye