About UMUSEKE – Page 2509 – UMUSEKE

Abakandida 2006 ku rutonde

Hari  taliki ya  29 Mutarama 2011, ubwo   Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangarije abanyarwanda ku mugaragaro umubare n’amazina by’abakandida bemerewe kwiyamamariza ku myanya y’abajyanama rusange n’abazahagararira abagore mu Nama Njyanama z’Uturere twose tugize igihugu cy’u Rwanda. Prof Karangwa Chrysologue Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje  ko Canditatire zose hamwe kubazitanze mumyanya itandukanye harimo abajyanama rusange n’abazahagararira abagore […]Irambuye

2011 Umusaruro utubutse Iburasirazuba

Mugihe bamwe mubayobozi bakuru b’igihugu basuraga akarere ka Nyagatare mu ntara y’iburasirazuba basuye bimwe mu bikorwa by’abahinzi. Mu ba Minisitiri bamwe basuye ibyo bikorwa harimo Minisitiri Agnes Kalibata Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi , Minisitiri w’ibikorwaremezo,Minisitiri w’Ibidukikije ndetse n’ushinzwe ibikorwa by’inama y’abaminisitiri. Bimwe mu bikorwa bya leta basuye abo bayobozi basuye harimo , umuyoboro n’ingomero z’amazi zubakwa […]Irambuye

Inama 10 zagufasha gutereta inkumi

1.       Guseka: Niba ufite gahunda yo gutereta nyampinga, ugomba gusiga ibibazo byawe bwite mu rugo, kugira ngo utamubihiriza. Ukimara kubonana nawe ugomba kujya umwenyura, ariko mu gihe biri ngombwa, ukamwereka ko umwishimiye, kandi umwitayeho. 2. Guhora witeguye: Kwitegura bivugwa hano si ukwitegura ibindi bintu bikomeye, ahubwo niba ugiye kubonana n’umukobwa, ugomba guhora witwararika buri munsi […]Irambuye

Kagame yashimiye Amavubi U-17

Nyuma y’aho ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 itahukanye umwanya wa 2 mu irushanwa ry’igikombe  nyafrika cy’ umupira w’ amaguru w’abaterengeje imyaka 17, Umukuru w’ igihugu Paul Kagame yakiriye abo bana, abashimira uko bitwaye mu irushanwa dore ko batahanye umwanya wa kabiri, aho ku mukino wa nyuma batsinzwe na Burkina Faso ibitego 2 kuri 1. Iyi […]Irambuye

Tumba College of Technology graduation ceremony.

Tumba College of Technology (TCT), 27th January 2011, graduated 274 students during its maiden ceremony. Advanced Diplomas in various fields, including alternative energy, electronic and telecommunications and Information Technology were awarded. In his address, the Minister of State for Primary and Secondary Education, Dr. Mathias Harebamungu, called upon the graduates to impart the technical skills […]Irambuye

Wagabanya umubyibuho ukabije ute?

Muri iyi misnsi ku isi hose, usanga abantu benshi babangamiwe n’umubyibuho ukabije, kandi hakaba n’abahitanwa n’indwara nyinshi zikomoka kukubyibuha birengeje urugero. Ushobora kuba uri muri abo bantu babangamiwe n’ibiro byabo? Hano ukuri.com kwabashakiye inzira wanyuramo ngo ube wagabanya ibiro byawe, cyangwa ukirinda umubyibuho ukabije. Ikintu cyambere ugomba gukora, ni ukumenya uburyo umubiri wawe wubatse. Cyane […]Irambuye

Impinduka mu burezi muri 2011

Nkuko byari byifujwe n’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ko ingengabihe y’amashuli igomba guhuzwa mu karere ni muri urwo rwego hashyizwe ahagaragara ingengabihe igaragaza uko umwaka w’amashuli wa 2011 uteganyijwe. Icyitonderwa :Ikiruhuko cya Kabiri gifite ibyumweru bitatu aho kuba 2 nkuko byari bisanzwe kubera igikorwa cy’ibarura giteganyijwe gukorwa mu kwezi  kwa Kanama 2011 IMBONERAHAMWE IGARAGAZA UKO UMWAKA  W’AMASHURI […]Irambuye

en_USEnglish