Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye yasabye abakora ubujura butandukanye byitwa ko ari buto kubureka, kuko ngo bafatiwe ingamba zikomeye ku buryo bitazabagwa amahoro. Minisitiri Busingye yabivuze nyuma yo kurahiza abahesha b’inkiko batari ab’umwuga, aba bakaba basabwe kurangiza imanza nyinshi zaciwe ariko na n’ubu abazitsinze bakaba batarahabwa ibyo batsindiye. Yagize […]Irambuye
26 Werurwe 2015 – Kuri uyu wa kane ubwo batangizaga gahunda ya Ndi Umunyarwanda banitegura kwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abatutsi bamwe mu bagororwa bakatiwe ku cyaha cya Jenoside basabye ko bahuzwa n’imiryango bahemukiye bakayisaba imbabazi bakiyunga, bagakomeza kurangiza ibihano byabo. Bamwe muri aba bagororwa bakatiwe kubera uruhare bagize muri Jenoside bavuze ko […]Irambuye
Perezida w’igihugu cya Kenya Uhuru Kenyatta yasabye ko abayobozi bakuru bose bashinjwe kurya ruswa bakwegura. Mu ijambo rye rigamije gusobanura uko igihugu gihagaze, yagejeje ku Nteko ishinga amategeko ya Kenya kuri uyu wa kane tariki 26 Werurwe, Kenyatta yasabye abayobozi bakuru bashyizwe muri Raporo ya Komisiyo ishunzwe imyitwarire no kurwanya Ruswa ko bakwegura, iperereza rigakurikiraho. […]Irambuye
Abaturage bo mu mirenge ya Mwiri na Rwinkwavu mu karere ka Kayonza, barinubira ko hashize igihe kinini batarahabwa ingurane z’ubutaka n’indi mitungo yabo yangijwe mu iyubakwa ry’urugomero rw’amazi rwa Migera III. Aba baturage bavuga ko gutinda kubishyura ibyabo byangijwe byatumye bagira igihombo gikomeye n’inzara ngo iterwa n’uko imyaka yabo yaranduwe mu bikorwa byo kubaka urugomero. […]Irambuye
Igitangazamakuru Cosmopolitan cyakoze ubushakashatsi ku bagore 2 300 maze 67% byabo bemeza ko mu gihe cyo kurangiza imibonano mpuzabitsina bigaragaje nk’abagerewe ku ngingo (orgasm) kandi atari batanyuzwe. Impamvu z’uko kubeshya 28% bavuze ko ari ukugira ngo basangire ibyishimo n’abo bakoranye imibonano mpuzabitsina. Gusa hakaba n’abandi bangana na 27% bavuga ko bifashe batyo kugira ngo uwo […]Irambuye
Akarere ka Rubavu bivugwa ko kaza mu myanya ya mbere mu turere dufite abaturage benshi babana na virusi itera sida ngo bitewe ni uko gaherereye k’umupaka uhuza u Rwanda na RDC. Ubu harabarirwa imiryango 99 y’abashakanye babana umwe muri bo yaranduye agakoko gatera SIDA. Ni muri urwo iyi miryango yahawe amahugurwa y’ukuntu babana batongererana ubukana. […]Irambuye
Imibare yashyizwe ahagaragara n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima; OMS, kuri uyu wa 25 Werurwe igaragaza ko Repububulika iharanira Demokarasi ya Kongo iza ku mwanya wa gatatu muri Afurika mu kugira umubare munini w’abarwayi b’igituntu, naho ku isi ikaza ku mwana wa 10. Ngo ‘iyo umuturanyi arwaye arwaye ibinyoro ukosha ikirago’, indwara y’igituntu irandura kandi […]Irambuye
26 Werurwe 2015 – Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye kuri uyu wa kane yabwiye abanyamakuru ko ashyigikiye abasaba ko itegeko nshinga rihinduka nubwo atarandika abisaba, yabivuze nyuma y’umuhango wo kurahiza abahesha b’inkiko batari ab’umwuga. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye uyu muhango wo kurahiza abahesha b’inkiko 31 batari ab’umwuga, imihango yabereye kuri Minisiteri y’Ubutabera ku Kimihurura. Umwe mu banyamakuru yabajije […]Irambuye
Mu Rwanda rw’ubu bavuga kenshi ko abanyarwanda bakwiye kurangwa n’indangagaciro bitwararika ndetse no kugira za kirazira baziririza. Gusa hari benshi babivuga batazizi neza cyangwa se abazibwirwa ntibasobanukirwe neza izo ari zo. Indangagaciro z’umuco nyarwanda zari iki? Indangagaciro z’umuco nyarwanda zari imigenzo myiza y’imbonezabupfura abanyarwanda bose bari bahuriyeho kandi bagombaga kubahiriza kugira ngo babashe kubahana, kubana […]Irambuye
Ambasade ya USA muri Uganda yaburiye ubutegetsi bwa Uganda ko bUshobora kwibasirwa n’ibitero by’iterabwoba mu minsi iri imbere kandi ngo bizibasira umurwa mukuru, Kampala. Amakuru USA ifite avuga ko ibyihebe bizibasira ahantu hakunda guteranira abanyamahanga cyane cyane Abanyamerika. Muri iri tangazo hari aho banditse bati: “ Kubera amakuru dufite avuga iby’ibi bitero hari ibikorwa twari […]Irambuye