Month: <span>December 2011</span>

Ikipe yigihugu ya Burezile yabuze umwe mu bakinnyi yagize mu

Kuri iki cyumweru ni bwo umukinnyi wabaye kizigenza mu ikipe ya Burezile Socrates yitabye imana ku myaka 57  nyuma yo kurwara indwara ifata mu mara. Uyu mukinnyi watwaye igikombe cy’isi mu 1982 yari yajyannye mu bitaro byo mu mujyi wa Sao Paulo ku wakane nyuma yo kugira ikibazo amaze gufata ifunguro muri hoteli imwe yo […]Irambuye

Abakinnyi 5 Chelsea yashyize muri gahunda yayo yo guhaha

Umutoza wa Chelsea Andre Villas-Boas muri iyi minsi ikipe ye itarimo kwitwara neza, ahanini kubera abakinnyi bamwe nabamwe bagenda bagaragaza integer nke. Izo mpanvu nizo zatumye ngo niba atirukanywe aza kwivovota ku isoko ry’abakinnyi mu kwambere umwaka uje. Aba bakinnyi batanu ngo nibo agomba kuzana byihutirwa kugira ngo agume muri   Kurusu (course) y’igikombe cya Premier […]Irambuye

Itsinda Beauty for Ashes ryashyize ahagaragara Album ryise SURIPRIZE

Ku isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba ku rusengero rwa CLA (Christian Life Assembly) i Nyarutarama, itsinda Beauty for Ashes rigizwe n’abasore batanu (5) baririmba bakanacuranga  indirimbo zihimbaza Imana mu njyana ya Rock bashyize ahagaragara Album bise SURIPRIZE.   Iri tsinda rimaze kumenyekana cyane kubera injyana ya Rock bimaze kugaragarako ifite abakunzi benshi mu Rwanda, noneho […]Irambuye

Menya indwara y’uruhu yitwa ‘Ise’

Ise ni indwara imenyerewe ,ifata uruhu igaterwa n’agakoko ko mu bwoko bwa ‘fungi’ mu rurimi rw’icyongereza kitwa‘Malassezia furfur’. Ako gakoko ubusanzwe kibera ku mubiri wacu, ibi nta kibazo bitera uruhu rwacu ahubwo ikibazo gitangira kugaragara iyo kiyongereye ku bwinshi. Iyi ndwara ikunda kugaragara ahantu hashyuha cyane cyane mu mugongo no mw’ijosi..) Bimwe mu bimenyetso biyiranga […]Irambuye

Ishuri ryigisha gukora neza imibonanompuzabitsina ryafunguwe muri Autrishiya

Kuwakane,  ni bwo mu gihugu cya Autrishiya bwa mbere mu mateka hafunguwe ku mugaragaro ishuri ryigisha ibijyanye no kuminuza mu mibonanompuzabitsina. Iri shuri ridasanzwe ryatangiye ku gitekerezo cy’Unyasuwedikazi Ylva-Maria Thompson. Iri shuri rihenze kubi,  dore ko ku gihembwe kimwe umunyeshuri azajya yishyura ama Euro 1 600 (1 400 000frw) umuntu wese wujuje imyaka 16 yemerewe kwiyandikishamo. Nk’uko […]Irambuye

Harorimana James aratabarizwa ngo yivuze Kanseri y’umuhogo

Harorimana James, utuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, akeneye ubufasha ngo ashobore kwivuza kanseri yo mu muhogo  yitwa Lymphome lymphoblastique yamufashe hakaba hashize amezi 3 abimenye. Harorimana James, akeneye ubufasha bw’umuntu uwo ariwe wese  ufite umutima w’impuhwe ngo ashobore kwivuza kanseri yo mu muhogo arwaye. Nyuma yo kwivuza […]Irambuye

Anelka na Alex ntibakibarwa mu bakinnyi ba Chelsea.

Nk’ uko bitangazwa na manager w’ikipe ya Chelsea Andre Villas-Boas, yemeye ibyasabwe n’abakinnyi Anelka Nicolas akaba ari rutahizamu ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa, ndetse na mugenziwe Alex, myugariro ukomoka mu gihugu cya Bresil. Aba bakinnyi bombi ntibagaragaye ku mukino wahuje Chelsea na New Casstle wabaye kuri uyu wa gatandatu. Biravugwa ko Anelka ashobora kwerekeza muri kimwe […]Irambuye

Bamwibeshyeho bamugira minisitiri w’ubuhinzi

Nyuma yuko guverinoma y’ubutariyani itangiye kwiyubaka, igashyiraho minisitiri w’intebe mushya Mario Monti, umwanya yasimbuyeho mugenzi we Berlusconi, hakurikiyeho gahunda yo guhindura guverinoma, bamwe bahabwa imyanya mishya. Mu gihe minisitiri w’intebe yashyiraga abaminisitiri bashya mu myanya, yaje kwibeshya ku izina aha umwanya wa minisitiri w’ubuhinzi umwarimu wo muri Canada.  Francesco Braga, w’imyaka 53 afite ubwene gihugu […]Irambuye

USA: Herman Cain kubera ubushurashuzi yakuyemo akarenge

Nyuma yo gushinjwa kenshi n’abasambane be, uwahabwaga amahirwe menshi yo kuzaserukira ishyaka ry’aba Republicain mu matora y’umukuru w’igihugu muri leta zunze ubumwe z’amerika yahagaritse kwiyamamaza.  Herman Cain wifuzaga kuba president wa leta zunze ubumwe z’Amerika Nyirabayazana ni umugore witwa Ginger White watangaje mu cyumweru gishize, ko yabaye ihabara ya  Herman Cain mu gihe cy’imyaka 13 […]Irambuye

Minisiti w’ intebe wa IRAQ yarusimbutse.

Nk’ uko byemejwe na nyirubwite Nouri al-Maliki, imodoka y’abiyahuzi yari itwaye ibi bombe yari ifite umugambi wo kumuhitana kuri uyu wa gatanu, ubwo yari agiye kwinjira mu nzu inteko ishinga amategeko ikoreramo.  Iyo modoka yagombaga kwinjira aho imodoka zihagarara, ibisasu bigaturika  Nouri al-Maliki agiye kwinjira. Nouri Ali malik minisitiri w’intebe wa Irak wari ugiye guhitanwa […]Irambuye

en_USEnglish