Mu ijambo yagejeje ku bakozi bari bitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umukozi, Mayor w’Akarere ka Kicukiro, Dr Jeanne Nyirahabimana yabasabye kwirinda kuzasenyera umuturage wabutse bamurebera ntibamubuze kandi bazi neza ko bitemewe. Kuri we ngo biriya ni ukumurenganya. Ku Cyumweru abakozi mu Karere ka Kicukiro ku nzego zitandukanye bari bateraniye hamwe kugira ngo bishimire ibyagezweho […]Irambuye
Abatuye umujyi wa Muhanga baravuga ko bamaze igihe kinini bagerwaho n’ingaruka zishingiye ku kuba ikusanyirizo ry’amata riherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga bari bahawe ryarafunze nyuma y’amezi atatu gusa ritangiye gukora mu mwaka wa 2009. Iri kusanyirizo rifite ibikoresho bipima amata, nyuma y’amezi atatu rikora neza Koperative y’aborozi “COEPROMU” yari irifite mu nshingano […]Irambuye
Ku rwibutso rwa Bisesero rushyinguyemo abarenga ibihumbi 50, ruherereye mu Murenge wa Rwankuba, Akarere ka Karongi, Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwavuze ko kutubahiriza amategeko ndetse n’umuco wo kudahana byaranze abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi aribyo byatumye bagera ku ntego yabo. MUKANDORI Dancila uhagarariye imiryango y’Abavoka yabuze abayo muri Jenoside yakorewe Abatutsi yavuze ko mbere ya […]Irambuye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Mata 2016 nibwo habaye imikino ya 1/2 cy’irangiza. RRA VC ihagarariye u Rwanda yakinnye na AL AHLY yo mu Misiri. Umukino warangiye Ahly itsinze RRA seti 3-0 (10-25; 13-25; 9-25). Umukino w’uyu mugoroba ntiwari woroshye. Ikipe yo mu Misiri Ahly yahoreye Shams y’iwabo yari yatsinzwe […]Irambuye
Savio Nshuti Dominique yatsinze ibitego bibiri muri bitatu Rayon Sports yatsinze Police FC, mu mukino wo ku munsi wa 20 wa Shampiyona. Umukino Rayon Sports yakiriyemo Police FC, watangiye amakipe yombi asatirana kandi agaragaza inyota y’igitego cyo mu minota ya mbere. Ku munota wa 20, Rayon ni yo byahiriye binyuze kuri Nshuti Savio Dominique wari […]Irambuye