Tags : Vincent de Gaulle Nzamwita

Perezida wa FERWAFA De Gaulle Nzamwita yasabiwe gufungwa imyaka itatu

*Mulindahabi ati “umuhate mu kazi ntabwo ari icyaha”. *De Gaule avuga ko gusinya kuri contrat atari ugutanga isoko kuko byagombaga kunyura muri FIFA kandi ngo yabihaye umugisha, *Uwunganira Mulindahabi avuga ko Perezida w’akanama k’amasoko muri FERWAFA nabo bari bakwiye kuba bisobanura imbere y’urukiko. *Ufatwa nk’uwatoneshejwe ntari muri uru rubanza…Ngo isoko yatsindiye na ryo riri mu […]Irambuye

Perezida Kagame yagaragaye abaza De Gaulle iby’Amavubi yari atsinzwe 4

Ikipe y’u Rwanda yari imaze kunyagirwa ibitego bine imbere ya Perezida Kagame wari waje kuyashyigikira bwa kabiri mu mikino itatu amaze gukina muri CHAN2016. Ku ifoto Perezida yagaragaye asa n’ubaza umuyobozi w’umupira w’amaguru ibiri kuba kuko Amavubi yari amaze gutsindwa ibitego bine. Nubwo bigoye kumenya ibyo yamubazaga, ariko Perezida yagaragaye asa n’umubaza ku biri kuba […]Irambuye

Mu matora yo kuyobora CECAFA, Nzamwita de Gaulle yabonye ijwi

Mu matora yabereye i Addis Ababa kuri uyu wa gatanu Dr Mutasim Jeffer wo muri Sudan niwe watsindiye kuyobora uru rwego ruhuza amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu karere, CECAFA. Muri aya matora umuyobozi wa FERWAFA Vincent de Gaulle Nzamwita wiyamamazaga yabonye ijwi rimwe gusa. Dr. Mutasim yatorewe kuyobora CECAFA mu gihe cy’imyaka ine, akaba asimbuye umuTanzania […]Irambuye

FERWAFA yasabye imbabazi abanyarwanda bose

1 Ukwakira 2014 – Kuri uyu mugoroba mu nama Minisiteri ya Siporo yatumijemo abanyamakuru yarimo kandi ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, umuyobozi wa FERWAFA Vincent de Gaulle Nzamwita yatangaje ko uru rwego rusabye imbabazi abanyarwanda bose ku makosa yakozwe yo guha abanyamahanga ubwenegihugu mu buryo budasobanutse bakitwa abanyarwanda. Mzamwita ati “Igihe kirageze ngo dusabe […]Irambuye

Ingengo y’imari ya FERWAFA umwaka utaha ni miliyari 3 na

Remera, 11 Nzeri – Inteko rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda iterana rimwe mu mwaka yaraye iteranye ihuje abanyamuryango ba FERWAFA ifata imyanzuro itandukanye. Umwe mu ikomeye harimo guhagarika ikipe y’igihugu y’abagore n’iy’abatarengeje imyaka 17 mu mwaka utaha. Muri iyi nteko rusange bemeje ko ikipe y’igihugu nkuru y’abagore n’iyabatarengeje imyaka 17 bazisheshe mu gihe cy’umwaka […]Irambuye

en_USEnglish