Tags : Umuco Nyarwanda

Umuco wo guhana amata ntukwiye gucika mu Banyarwanda – UMUGANURA

Mu Rwanda hose hizihijwe umunsi mukuru ngaruka mwaka w’Umuganura, umwe mu bawizihirije i Nyanza asanga nubwo hari imibare myinshi yaje mu muco nyarwanda, guhana amata ngo ntibikwiye gucika. Mu butumwa bwa Perezida Paul Kagame, Minisitiri w’Umuco na Siporo yavuze ko umuganura ari ikimenyetso cyo kunga ubumwe mu Banyarwanda. Imbaga y’abatuye akarere ka Nyanza n’abandi Banyarwanda […]Irambuye

Inkingi 5 za muzika nyarwanda ya kera n’iya none

Ibintu byose ni uruhererekane,  nta kivumburwa gishya muri iyi myaka cyane cyane mu muziki. Usibye ibyateye bimwe utamenya n’iyo byaturutse, umuziki NYARWANDA wo mu myaka ishize ndetse n’uw’ubu ushingiye ku w’igihe gitambutse. Umuseke ubona inkingi eshanu z’abahanga mu buhanzi umuziki wabo watanze umurongo ukigenderwaho na none. Indirimbo nyarwanda uzisanga mu bice nka bitanu; Hari iz’ibyishimo n’urukundo, […]Irambuye

Nyagatare: Abanyarwanda bahuriye mu nkera y’imihigo baratarama buracya

Iki gitaramo kibanziriza Umunsi mukuru w’Umuganura wizihizwa kuri uyu wa gatanu, cyabereye Rwabiharanga mu karere Nyagatare mu murenge wa Karangazi, Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba yavuze ko bwa mbere mu mateka ya vuba aribwo habayeho igitaramo nk’iki mu Ntara y’Uburasirazuba. Iyi nkera yaranzwe n’imbyino zibisikana, amahamba y’inka, igishakamba, ikinimba cya Kiyombe, n’ibyivugo by’abasaza bo mu Mutara w’Indorwa. […]Irambuye

Ariko ubundi umuco nyarwanda ni iki?

Hashize igihe kitari gito nsoma cyangwa se nkumva inkuru zivuga ku muco nyarwanda, ngasanga inyinshi zigarukira ku myambarire n’imbyino bya kinyarwanda. Hanyuma bikantera kwibaza niba hagati y’umuco nyarwanda n’imyambarire cyangwa imbyino za kinyarwanda twashyiramo ikimenyetso cya bihwanye. Bikunze no kugaragara cyane mu bukwe, aho bavuga ko basaba bya kinyarwanda, yenda ugasanga ibyo bise ibya kinyarwanda […]Irambuye

SAKWE SAKWE; Ururimi rwacu ntirukazime

Kera hakibaho ibitaramo abana bicaraga iruhande rw’abakuru, bakabacira imigani bagasaakuza bakivuga bakaririmba n’ibindi bitandukanye bitari iimyidagaduro y’umugoroba gusa ahubwo byari bibitse umuco ukomeye n’uruhererekane rwawo ku bakuru ujya mu bato. Ibisakuzo ni kamwe mu dukino twatumaga abana bamenya ururimi rwabo vuba. Ikinyarwanda ni ururimi rwacu, ni ururimi ruduhuza twese abavuka Rwanda n’abaturarwanda babashije kukimenya, ni […]Irambuye

en_USEnglish