Tags : u Bushinwa

U Bushinwa bwasabye Trump kutivanga mu bibazo by’amazi y’inyanja bwiyitirira

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bushinwa yabwiye USA ko igomba kwirinda kwivanga mu mitegekere y’u Bushinwa cyane ku byerekeye uko butegeka amazi yitwa South China Sea. Kuri uyu wa Mbere umuvugizi w’Ibiro bya Perezida Donald Trump witwa Sean Spicer yavuze ko USA izabuza u Bushinwa gukoresha igitutu mu kubuza ibindi bihugu bituriye iriya Nyanja kuyikoresha. Ku […]Irambuye

U Bushinwa: Habatswe ikiraro cya mbere ku Isi mu butumburuke,

Kuri uyu wa gatatu mu Bushinwa batashye ikiraro cyubatswe ku butumburuke buri hejuru kurusha ibindi byose ku Isi kuko kiri mu butumburuke bwa kilometer imwe na metero magana inani(1,8Km). Bakise ‘Beipanjiang bridge’ kikaba giherereye mu Majyepfo y’Uburengerazuba bw’u Bushinwa. Uburebure bw’ubutumburuke bw’iki kiraro ngo bungana na etage ifite amagoroga 200 nk’uko bivugwa n’itangazamakuru mu Bushinwa. Iki kiraro […]Irambuye

2016 ibiza byangije miliyari 175$ ku isi, mu Rwanda bizatangazwa

Imitingito yo mu Buyapani, imiyaga y’inkubiri muri Amerika na za Haiti, imyuzure mu Bushinwa, n’imvura n’izuba byangije byinshi mu bihugu binyuranye bya Africa harimo n’u Rwanda ngo byangije ibintu bifite agaciro ka miliyari 175 z’amadorari ya USA nk’uko byatangajwe n’ikigo cy’ubwishingizi cyo mu Budage. Ibiza byabayeho ahanini byatewe n’imihindagurikire y’ikirere yateye gushyuha kw’umubumbe w’isi ibintu […]Irambuye

Trump yaburiye Kim Jong kutagerageza missile ishobora guhungabanya USA

Nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere Perezida wa Koreya ya ruguru, Kim Jong Un abwiriye abagize ishyaka rye ko ateganya kuzagerageza igisasu (intercontinental ballistic missile) gifite ubushobozi bwo kugera muri California, kuri uyu wa Kabiri Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora USA yahaye gasopo Kim Jong ko adakwiye gukora iki gikorwa. Ati “Ibyo ntibizashoboka!” Kuwa Mbere […]Irambuye

en_USEnglish