Tags : Transparency International Rwanda

Ntawe ukwiye kwitwaza ubukene…Ntawe udakennye na Leta ni inkene -Ingabire

Umuyobozi w’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda, Transparency International Rwanda Ingabire Marie Immaculee avuga ko ntawe ukwiye gushakira impamvu yishora mu bikorwa bitemewe n’amategeko nka Ruswa cyangwa ibindi bigayitse ngo avuge ko abiterwa n’ubukene. Ati “ …Ntawe udakennye, na Leta ni inkene.” Yavugaga kuri raporo ya Transparency International yasohowe kuri uyu wa 25 Mutarama igaragaza uko […]Irambuye

Kaboneka yavuze ku iyirukanwa n’isezera ry’abakozi bo mu nzego z’ibanze

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Fancis Kaboneka avuga ko ibimaze iminsi biba mu nzego z’ibanze atari ukwegura ku bakozi n’abayobozi, ahubwo ngo habayeho kwirukanwa no gusezera ku mpamvu bwite kandi ngo nta gikuba cyacitse mu nzego zibanze bahora ‘bavugurura’. Ubwo Umunyamakuru w’Umuseke yabazaga Minisitiri Francis Kaboneka icyo atekereza ku gikorwa cyo kwegura kw’abayobozi babarirwa muri magana cyane […]Irambuye

2015 Report: u Rwanda ni rwo rutarimo ruswa nyinshi muri

*Kuri Ingabire Marie Immaculee umuyobozi wa TI-Rwanda, agatambwe katewe ni gato, haracyari inzira ndende mu kurwanya ruswa, *Igihugu cya Denmark ni icya mbere ku Isi mu bitabamo ruswa, ngo n’u Rwanda uwo mwanya rwawugeraho, *Ubu bushakashatsi bukorwa hagendewe ku bindi byegeranyo no ku buhamya bw’abashoramari Icyegerenyo mpuzandengo cya 2015 ku buryo abantu bumva ruswa mu […]Irambuye

Miliyoni zirenga 400 zanyerejwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bitarenze 70

*Muri miliyari imwe Leta yatanze miliyoni 400 zarabuze *I Rusizi abayobozi b’amashuri banditse abanyeshuri n’abarimu ba baringa *Amafaranga anyerezwa ni imisoro y’abaturage agenewe kuzamura ireme ry’uburezi Mu  gikorwa cyo guhemba  ibigo by’amashuri byakoresheje neza ingengo y’imari bigenerwa , imitwaririre no gutsindisha neza muri rusange, umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish