Tags : Tourism

Tujye mu Majyepfo gusura Ibisi bya Huye, Utwicarabami twa Nyaruteja,

Belise Kaliza ushinzwe ishami ry’ubukerarugendo muri Rwanda Development Board (RDB) yabwiye abanyamakuru ko guhera kuri uyu wa Gatanu, hazatangizwa gahunda yiswe ‘Tembera u Rwanda’ igamije gushishikariza abaturage gusura ibintu nyaburanga biri hafi yabo, iyi gahuda ikazatangirira mu Bisi bya Huye. Iyi gahunda izakomereza mu tundi turere harimo Muhanga, Kamonyi na Ruhango. Kaliza yabwiye abanyamakuru ko […]Irambuye

S.A: Mu ntambara itoroshye akanyamasyo kikuye mu menyo y’ingona

Umwe muri ba mukerarugendo witwa Lisl Moolman wo muri Africa y’Epfo, yafotoye ingona zari zigiye kurya akanyamasyo muri  pariki yiwa  Kruger National Park, ariko kaza ‘kubasha kuziva mu mikaka’ karazicika. Amafoto y’intambara hagati y’ingona zipfa akanyamasyo yatangajwe na Daily Mail. Ingona ni inyamaswa ifite urwasaya rurerure kandi rufitemo amenyo maremare kandi akurikirana ku buryo inyamaswa […]Irambuye

Rusizi: Abo mu kirwa cya Gihaya babaruriwe imitungo birangirira aho

Abaturage bo mu kirwa cya Gihaya kiri mu murenge wa Gihundwe, mu karere ka Rusizi  bavuga ko bamaze amezi arenga ane (4) babwiwe n’ubuyobozi bw’akarere na RDB ko bazimurwa, bitewe n’uko aho batuye Leta ishaka kuhagira agace k’ubukerarugendo n’uyu munsi bari mu gihirahiro, ubuyobozi bwo buvuga ko buri mu biganiro n’abashoramari. Inzu z’abaturage b’iki kirwa […]Irambuye

Amafoto: Tujyane mu bukerarugendo mu busitani bwa Red Rocks

Red Rock Center ni ikigo gicuruza imitako y’ubugeni bugaragaza umuco wa Kinyarwanda by’umwihariko uw’abantu batuye i Musanze, ariko by’umwihariko hakaba hari ubusitani butuje. Iki kigo kiri muri km nyeya uvuye mu mujyi wa Musanze gituranye n’Ishuri rya Nyakinama. Red Rocks, ntabwo ari urutare rutukura nk’uko wabyumva. Ni ahantu hatunganyijwe neza hari inyubako gakondo zijyanye n’ubukerarugendo […]Irambuye

en_USEnglish