Tags : Tito Barahira

CNLG yishimiye igihano cya ‘Burundu’ cyakatiwe Barahira na Ngenzi

Mu itangazo rigenewe Abanyamakuru, Komisiyo yo kurwanya Jenoside, CNLG ivuga ko yakiriye neza umwanzuro w’Urukiko rw’I Paris rwaraye rwemeje ko Ngenzi Octavien na Barahira Tito bahamwa n’icyaha cya Jenoside rukabatira igihano cyo gufungwa burundu. Octavien Ngenzi na Tito Brahira baasimburanywe ku mwanya wa Burugumesitiri mu cyahoze ari komini ya Kaborondo (ubu ni mu karere ka […]Irambuye

Paris: Tito Barahira na Octavien Ngenzi bakatiwe gufungwa burundu

Nubwo mu rukiko Tito Barahira na Octavien Ngenzi bakomeje kubwira urukiko ko ari abere, guhakana ibyaha bashinjwa kugera ku isegonda rya nyuma ntacyo kuko mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu Urukiko rushinzwe kuburanisha ibyaha ndengamipaka rw’i Paris mu Bufaransa rwabakatiye igifungo cya burundu rubahamije icyaha cya Jenoside. Urubanza rwa Tito Barahira w’imyaka 65 na […]Irambuye

Paris: Urukiko ruraburanisha Tito Barahira na Octavien Ngenzi bayoboye Kabarondo

Kuri uyu wa kabiri tariki 10 Gicurasi 2016, Urukiko rwihariye rw’i Paris mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha Octavien Ngenzi na Tito Barahira basimburanye ku kuyobora icyahoze ari Komine Kabarondo hagati y’umwaka wa 1977 – 1994, muri Perefegitura ya Kibungo, bombi bakekwaho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyoko muntu. Uru rubanza uretse uretse kuba rufite icyo ruvuze ku butabera […]Irambuye

en_USEnglish