Tags : Sano James

Umushinga uzakemura burundu ikibazo cy’amazi muri Kigali ugeze kuri 80%

*Ngo umushinga wa Nzove I na Nzove II uzatuma Abanya-Kigali babona amazi arenze akenewe, *Igihombo cya miliyari 8.6 Frw cy’amazi atishyurwa cyatewe n’imiyoboro ishaje. Kuri uyu wa gatanu umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ibikorwa remezo ushinzwe ingufu n’amazi Kamayirese Germaine yasuye umushinga wo kongera amazi  mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo wa Nzove […]Irambuye

WASAC ngo uwayikoreraga ni ‘Umujura’ , Abadepite bati “Mugomba kumuha

* Baganizi Rutirengagiza Jean ashinja WASAC guhonyora ubunganzira bwe bagafatiira ibye *Abayobozi muri WASAC barabusanya, hari uvuga ko nta gufatira kwabayeho undi akabyemera *WASAC ishinja uyu mugabo kwiba miliyoni 3.7 Frw, na we ngo bamurimo miliyoni 2.1 Frw… Ikigo gishinzwe amazi n’isukura, WASAC Ltd cyemera ko cyafatiriye amafaranga cyagombaga guha umwe mu  bari abakozi bacyo kubera […]Irambuye

Rwarutabura: Abaturage bategereza amazi amasaha arenze icyenda

Nyuma y’uko ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe guteza imbere ingufu z’amashinyarazi, amazi isuku n’isukura WASAC bwizeza abaturage ko umwaka uzajya kurangira amazi mu mjyi wa Kigali amaze kwiyongera ku buryo bugaragara, mu murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Rugarama ahazwi nka Rwarutabura, uwagiye kuvoma ashobora kumara igicamunsi cyose yazindutse bugacya atarabona amazi. Hari mu ma saa munani z’amanywa, […]Irambuye

WASAC na REG basuye abacitse ku icumu batishoboye babaha amazi

Imiryango y’abacitse ku icumu rya Jenoside batishoboye bo mu karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 17 Mata bashimiye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi REG cyabasuye kikanabagezaho amashanyarazi, bavuga ko urumuri rw’aya mashanyarazi bahawe rwatashye no ku mitima yabo ndetse ko ari igikorwa gikomeza kubagarurira ikizere. Mu rwego rwo kwibuka abahoze ari abakozi b’ikitwaga Electrogaz bishwe muri […]Irambuye

en_USEnglish