Tags : Rwanda Parliament

2014/15: Imishinga idindira yahombeje miliyari 154 Frw avuye kuri miliyoni

*Umugenzuzi w’Imari yatanze inama ku bikorwa 2 160 hubahirizwa muri 1177 Basuzuma raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta ya 2014-2015, Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’ubukungu n’imari, bagaragaje ko mu ngengo y’imari y’uyu mwaka wa 2014-2015 amasezerano y’imishinga 131 yadindiye bigatera igihombo cya miliyari zisaga 154 Frw mu gihe mu mwaka wa 2013-2014 hari hagaragaye amasezerano 77 […]Irambuye

Abadepite ba CPA ngo hari ibihugu bya Afurika bitubahiriza amategeko

Abadepite bibumbiye mu muryango wa CPA (Commonwealth Parliament Association) bo mu nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’ibihugu byakolonijwe n’Ubwongereza bavuga ko hari bimwe mu bihugu byo muri Afurika bitubahiriza amategeko bashyiraho bigatuma hari abagore bakomeza guheezwa.  Ni mu biganiro byahuzaga abagore bibumbiye mu muryango wabo (CWP/Commonwealth Women Parliament) bari i Kigali aho baganiraga ku burenganzira bw’umugore mu […]Irambuye

Sen. Tito ngo ‘Inzu yo kwa Habyarimana’ yari ikwiye kujyamo

*Ubwo basuraga ahahoze hatuye Perezida Habyarimana, ngo basanzemo ibigaragaza Jenoside, *Sen. Karangwa Chrysologue yahise abaza niba bashaka kwigisha Jenoside, *Mzee Rutaremara ngo nta byiza byashyirwa muri iyi nzu, uretse ibibi byakozwe na Habyarima. Ubwo bagaragarizwaga ibyavuye mu gikorwa cyo kugenzura ibikorwa by’ubukerarugendo byakozwe na Komisiyo y’Iterambere ry’ubukungu n’imari mu nteko ishinga amategeko, bamwe mu basenateri […]Irambuye

Karongi: Umuganda wabaye amahirwe ku baturage yo gasura udushya twa

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 Mutarama, abagize Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda, Hon Sen Mukankusi Perine, Hon Musabyimana Samuel na Hon Tengera Francesca bifatanyije n’abakozi b’Ishuri ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburengerazuba (IPRC WEST) n’abaturage bahaturiye mu gusukura inkengero z’ishuri ndetse abaturage baboneraho gusura udushya turi muri icyo kigo. Abaturage bo mu tugari twa […]Irambuye

Ibibazo 10 kuri Hon Eduard Bamporiki

Kideyo, inshuti ya Stephano mu ikinamico izwi cyane Urunana, Eduard  Bamporiki, depite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, umugabo wubatse ku myaka 30 y’Amavuko. Yagiranye ikiganiro cyihariye n’Umuseke muri iyi week end. Intwaro ye ni igishushanyo,  ikimuca intege ni ukwibeshya ku muntu, kugambanira igihugu ni igihombo ku Rwanda, Amahoro niyo mahirwe ya mbere, kwamamara si […]Irambuye

PAC ikomeje ubushakashatsi ku gihombo cya miliyari 13 muri EWSA

Akanama gashinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, (PAC) kuri uyu wa kabiri tariki 22 Mata kongeye gusaba ibisobanuro byisumbuye ku byo kahawe tariki 25 Werurwe 2014 na EWSA bijyanye n’igihombo cya miliyari 13 z’amafaranga y’u Rwanda yaburiwe irengero nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2011-2012. Uyu munsi abagize aka kanama bagiye […]Irambuye

en_USEnglish