Tags : Rubavu District

Umuyobozi wa Rubavu yatawe muri yombi akekwaho kubangamira Umukandida

Police y’u Rwanda iratangaza ko yataye muri yombi by’agateganyo umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie akekwaho kubangamira ibikorwa by’umwe mu bakandida bari kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. Ibicishije kuri Twitter, Police y’u Rwanda yatangaje uyu muyobozi w’akarere ka Rubavu afunganywe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busanze. Umunyamakuru w’Umuseke ukorera i Rubavu, avuga ko amakuru avuga ko ifungwa […]Irambuye

Umwanda mu mugi wa Gisenyi…Umurenge na koperative z’isuku baritana bamwana

Umugi wa Gisenyi watoranyijwe mu migi 6 izunganira Kigali, uravugwamo isuku nke iterwa n’abaturage banyanyagiza umwanda muri uyu mugi. Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gisenyi bushinja uburangare n’ubushobozi buke amakoperative akora akazi ko gutwara imyanda, na yo akavuga ko ubu buyobozi budashishikariza abaturage kwishyura umusanzu w’isuku. Uyu mwanda ugaragara cyane mu tugari twa Kambugangali, Kivumu na Bugoyi […]Irambuye

Rubavu: Kuri komini ‘Rouge’ hibutswe urubyiruko rwishwe muri Jenoside

Kuri uyu wa Gatanu ku rwibutso rwa komini ‘rouge’ habaye umuhango wo kwibuka no kunamira inzirakarengane z’urubyiruko zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu gihugu hose. Depite Maniraho Annonce yasabye urubyiruko kutijandika mu bikorwa bibi birimo nno kunywa ibiyobyabwenge kugira ngo bazabashe kusa ikivi cyatangijwe n’abishwe muri Jenoside. Uyu munsi wahariwe ibikorwa byo kuzirikana urubyiruko rwishwe […]Irambuye

Rubavu: BRALIRWA na EAP batanze miliyoni 3 Frw ya Mutuelle

Mu bikorwa bibanziriza irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro ya Gatandatu (PGGSS6) uruganda rutunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye BRALIRWA rutegura iri rushanwa rwatanze miliyoni 3 Frw zo kwishyura imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza bwa Mutuelle de Sante y’abantu 1 000 bo mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu. BRALIRWA isanzwe ifatanya […]Irambuye

en_USEnglish