Tags : Papa Francis

Papa Francis yashyizeho intumwa nshya imuhagararira mu Rwanda

Ku isaaha ya saa Sita y’i Roma, ikaba saa 13h00 zo mu Rwanda, kuri uyu wa Gatanadatu Papa Francis yashyizeho intumwa nshya yo kumuhararira mu Rwanda ari we Musenyeri Andrzej Józwowicz. Mu ibaruwa yashyizwe hanze n’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda igashyirwaho umukono na Perezida wayo, Musenyeri Philippe Rukanga akaba n’Umwepiscope wa Diyoseze ya Butare, yamenyeshesheje […]Irambuye

Perezida wa Philippine ngo Imana yamubujije kongera gutukana

I Manila muri Philippine, Perezida w’iki gihugu, Rodrigo Duterte uherutse kwita Perezida Barack Barack Obama ko ari ‘umuhungu w’Indaya’  akanamusaba kujya I kuzimu, yavuze ko yasezeranyije Imana ko atazongera kuvuga amagambo nk’aya atayihesha icyubahiro. Uyu muperezida uzi ku izina ry’Umuhannyi (the Punisher), azwiho kutihanganira abacuruzi b’ibiyobyabwenge aho amaze guhanisha banshi igihano cy’urupfu kuva yajya ku […]Irambuye

Muri iki cyumweru Afurika irakira Papa Francis

Kuwa gatatu tariki ya 25 Ugushyingo, umushumba mukuru wa Kiliziya Gatulika kw’Isi Papa Francis azatangira uruzinduko rwe ruzarangira tariki ya 30, ku mugabane wa Afurika. Papa Francis azasura Kenya, Uganda na Repubulika ya Centre Africa byo ku mugabane w’Afurika, ndetse akazahura n’Abanyapolitike n’abayobozi b’amadini banyuranye. Mu rugendo rwe rw’iminsi itanu, biteganijwe ko Papa Francis azasoma ibitambo […]Irambuye

en_USEnglish