Tags : Oda Gasinzigwa

9 batorewe guhagararira u Rwanda muri EALA ni aba…

Muri iki gitondo Abadepite icyenda batorewe guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’ibihugu byo mu burasirazuba bwa Africa (EALA) ni;  *Martin Ngoga, *Fatuma Ndangiza, *Oda Gasinzigwa *Rwigema P.Celestin *Dr Kalinda François Xavier * Francine Rutazana * Dr Uwumukiza Francoise * Alexis Bahati * Barimuyabo Jean Claude Mu matora habanje ibikorwa byo kwiyamamaza. Abakandida bose hamwe […]Irambuye

Gasinzigwa yakuwe muri MIGEPROF, Perezida Kagame anashyizeho Umuyobozi w’Agaciro Fund

Mu itangazo Umuseke waboneye copy ndetse riri kuri twitter ya Guverinoma y’u Rwanda rikaba ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, riravuga ko muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Minisitiri Gasinzigwa yasimbuwe na Dr Diane Gashumba. Kamanzi Jackline yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri iyo Minisiteri. Abandi bayobozi bashyizweho na Perezida Paul Kagame, ni Umulisa Henriette wagizwe Umunyamabanga Mukuru […]Irambuye

Igihe kirageze ngo duhane ababyeyi bata inshingano zabo – Min.

Minisitiri Oda Gasinzigwa w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango mu murenge wa Nduba muri Gasabo ahizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku rwego rw’igihugu yatanze ubutumwa ku babyeyi bata inshingano zabo ko habayeho igihe cyo gufasha no guhendahenda ariko ubu igihe kigeze ngo batangire guhana ababyeyi bata inshingano zabo. Minisitiri yagarukaga ku bibazo byugarije umuryango nyarwanda birimo abana batwara inda […]Irambuye

Ngoma: Ku munsi wabo, Abagore basabye ko Itegeko Nshinga rihindurwa

08 Werurwe 2015 – Iburasirazuba mu karere ka Ngoma kuri stade ya Cyasemakamba niho hizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku rwego rw’igihugu. Uwavuze mu izina ry’abagore muri uyu muhango yavuze ko bifuza ko Itegeko Nshinga rihindurwa Perezida Kagame akongera gutorerwa indi manda. Uyu munsi wizihirijwe mu murenge wa Kibungo waranzwe n’akarasisi k’abagore bagize amashyirahamwe atandukanye mu […]Irambuye

Bugesera: Bakanguriwe imirire myiza n’isuku n’ubwo bo barira amapfa

Abaturage b’Akarere ka Bugesera bakunze kwibasirwa n’amapfa aturuka ku zuba ryinshi, aha mu Bugesera niho kuri uyu wa 13 Kamena 2013 hasorejwe ukwezi k’ubukangurambaka mu kwita ku mirire myiza,isuku n’isukura. Ministeri y’iterambere ry’umugore n’umuryango ku bufatanye n’ibindi bigo nibyo byasozaga uku kwezi kuri mu ntego y’imisi 1 000 yo kurwanya imirire mibi, iyi gahunda yabereye […]Irambuye

en_USEnglish