Tags : Nyanza district

Nyanza: Hakozwe umuganda wo guhiga nkongwa mu mirima y’ibigori

Mu gishanga cya Kami giherereye mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza, ubuyobozi bw’akarere n’abahinzi b’ibigori bakoze umuganda wakorewe muri iki gishanga gihinzemo ibigori bashakisha udusimba twa nkongwa dukomeje kwangiza imyaka y’ibinyampeke. Mu karere ka Nyanza abahinzi bamaze iminsi bataka ikibazo cy’umusaruro mucye w’ibinyampeke uterwa n’ibi byonnyi. Uwihoreye Clemantine uhinga ibigori mu murenge wa […]Irambuye

Nyanza: I Muyira bavuga ko Girinka yatumye baca ukubiri na

Abahawe inka muri  gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’ mu Murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza bavuga ko inka bahawe muri iyi gahunda zimaze guhindura byinshi mu buzima bwabo birimo gusezerera ikibazo cy’imirire mibi n’indwara zaterwaga nacyo nka Bwaki yakundaga kwibasira urubyaro rwabo. Nyiramitsindo Berancilla ufite abana batandatu yorojwe inka muri iyi gahunda ya Girinka, avuga […]Irambuye

Yavukanye kutavuga no kutagenda…’Shelter Them’ bamufitiye ikizere cy’ejo hazaza

*Ni imfubyi ku babyeyi bombi.. Mu kagali ka Gahengeri, mu murenge wa Cyabakamyi ho mu karere ka Nyanza, umwana w’umuhungu witwa Niyibizi Pacifique yavukanye ubumuga bwo kutagenda no kutavuga. Umuryango ufasha abatishoboye uzwi nka ‘Shelter Them’ uvuga ko ufitiye ikizere uyu mwana w’umuhungu ko igihe kizagera akagenda, akajya ku ishuri nk’abandi ndetse akavamo umuntu ukomeye. […]Irambuye

Ku muhanda ‘Nyanza-Karongi’, iteme rimaze umwaka n’igice ripfuye

Mu muhanda mukuru (Route National) uva mu mugi wa Nyanza werekeza mu karere ka Karongi, Ikiraro cya mpanga giherereye mu murenge wa Mukingo, mu karere ka Nyanza kimaze umwaka n’igice gipfuye nyuma yo kwangirika, abaturage bakoresha uyu muhanda barimo abacuruzi, bavuga ko byabateye igihombo kuko hashize igihe kinini rifunze. Umuhanda wa Nyanza-Karongi ukunze kurangwa n’urujya […]Irambuye

en_USEnglish