Tags : Nyamagabe District

Ndasingwa uba mu Bubiligi ari kuburanira i Kaduha aregwa Jenoside

Mu myaka mike ishize Ndasingwa Jovith yaje mu Rwanda mu nama y’Umushyikirano avuye aho atuye mu Bubiligi ageze i Kigali asanga ari ku rutonde rw’abakatiwe n’inkiko Gacaca, maze asaba gusubirishamo urubanza. Ubu ari kuburana adafunze. Yabyemerewe n’ubutabera atanga ikirego mu Ukuboza 2016 mu rukiko rw’ibanze rwa Kaduha, atangira kuburanishwa 2017 ariko ruza gusubikwa kuko yarwaye […]Irambuye

Min. Papias asaba ababyeyi gutanga uko bifite mu kugaburira abana

Nyamagabe- Mu kwizihiza umunsi nyafurika wahariwe kugaburira abana ku mashuri wizihirijwe mu karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa 25 Werurwe Minisitiri w’Uburezi Dr Musafiri Malimba Papias yavuze ko ababyeyi badakwiye kwitwaza ko babuze amafaranga y’umusanzu wo gutanga muri iyi gahunda kuko bashobora no kujya batanga uko bifite kugira ngo iyi gahunda igende neza. Abanyeshuri biga […]Irambuye

Akarere ka Nyamagabe karishinja uburangare mu rupfu rw’umunyeshuri warohamye

Kuri uyu wa kabiri mu Karere ka Ruhango hashyinguwe umurambo w’umwana w’umunyeshuri Gasiga Desire wari uri mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye warohamye mu kizenga kiri mu Karere ka Nyamagabe hafi y’aho yigaga, Ubuyobozi bw’aka karere bwavuze ko nyakwigendera azize uburangare bwabo (akarere). Nyakwigendera Desire Gasiga w’imyaka 19 yari ari gukora ibizamini bya Leta […]Irambuye

en_USEnglish