Tags : Northern Province

Gicumbi: Abayobozi b’Intara bafatanyije n’abaturage kurwanya NKONGWA

Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Mata, mu murenge wa Rwamiko habaye igikorwa cyo gutera imiti yica udusimba twitwa ‘NKONGWA’ idasanzwe, kuko twari twatangiye kwinjira mu mirima y’abaturage, izi nkongwa iyo zageze mu kigori zirya amababi zikayatobora hagakurikiraho kuma ntibizere. Abaturage twaganirije babidutangarije ko muri uyu murenge wa Rwamiko babangamiwe cyane n’iyi nkongwa idasanzwe, kuko […]Irambuye

Gicumbi: Abagore barerekana icyizere cy’iterambere mu imurikabikorwa

Kuri uyu wa gatatu tariki 17 Kanama 2016 mu karere ka Gicumbi hatangijwe imurikabikorwa ryerekana aho bageze bashaka iterambere rirambye, ribaye ku nshuro ya kane ryitabiriwe n’Abafatanyabikorwa b’Akarere batandukanye. Uruhare rw’Abafatanyabikorwa bakorera mu miryango itegamiye kuri Leta  rwagaragaye cyane mu guteza imbere Abagore bo mu cyaro, aho bigishwa imyuga itandukanye nko kuboha imyenda, uduseke, imitako […]Irambuye

Musanze: Abahinzi baranenga amakusanyirizo y’ibirayi ahindagura ibiciro

Abahinzi b’ibirayi mu Karere ka Musanze barinubira ko abayobozi b’amakusanyirizo bahindagura ibiciro by’ibirayi uko bishakiye aba nabo bakavuga ko bishyirwaho n’abahagarariye abahinzi, ubuyobozi bw’Akarere bwo bubona ikibazo giterwa n’uko iyi gahunda ikiri nshya mu barebwa n’ubuhinzi bw’ibirayi muri rusange. Nk’uko bamwe mu bahinzi babitangarije Umuseke, ngo abafite amakusanyirizo bajyana ibirayi i Kigali bagaruka bakaza bishyiriraho […]Irambuye

Musanze: ILPD yatangije amasomo y’umwuga w’ubucamanza mu Majyaruguru

Ishuri ryigisha rikanateza imbere amategeko (Institute of Legal Practice and development, LPD) ryatangije amasomo ku bacamanza, abunganira abandi mu mategeko n’abashinjacyaha biganjemo abo mu Ntara y’Amajyaruguru mu rwego rwo kubaha ubumenyi buhagije mu mwuga wabo mu gihe cy’amezi 15. Abazarangiza aya masomo bazahabwa icyangombwa (diploma) kibemerera gukora umwuga w’ubucamanza mu Rwanda n’ahandi ku isi.   […]Irambuye

en_USEnglish