Tags : Nkusi Juvenal

Remera: Inzu ya Hon Nkusi Juvenal yahiye yose irakongoka

Ku isaha ya saa ine n’igice, inzu ya Hon. Depite Nkusi Juvenal iri mu kagari ka Rukiri II mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo, yafashwe n’inkongi y’umuriro yahereye mu cyumba kimwe ikwira inzu yose, ishami rya Police rishinzwe iby’inkongi ryahageze inzu n’ibiyirimo byahiye byose. Iyi nzu ni urugo rwa Hon Nkusi, hari harimo […]Irambuye

Abadepite ‘bamwe’ ntibumva uko umukoresha azafasha Banki kwishyuza ‘Bourse’

Umushinga w’itegeko umaze iminsi ibiri utorwa n’Inteko rusange, kuwa mbere tariki ya 31 Kanama – 1 Nzeri 2015, abadepite bagaragaje impungenge z’uko uzaba ari umukoresha w’umunyeshuri wagurijwe na Banki yiga, azikorezwa umuzigo wo gutanga amakuru ku bakozi barihiwe, ndetse itegeko rikaba rimuteganyiriza ibihano atabikoze, bakavuga ko abazarangiza bashobora kutazabona akazi kubera kwanga izo ngaruka. Bidasanzwe […]Irambuye

Inyubako nshya y’Umujyi wa Kigali yubatswe bitanyuze mu ipiganwa

Umujyi wa Kigali ni wo wari utahiwe kwisobanura imbere y’abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’ingengo y’imari ya Leta (PAC), kimwe mu bibazo byagarutsweho ni icyo kuba inyubako nsha ikoreramo ibiro by’Umujyi wa Kigali yaratwaye miliyoni 12 z’amadolari ariko yubakwa bitanyuze mu ipiganwa. Ibyo ni ibikubiye muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2012-13, […]Irambuye

Ikoranabuhanga rizihutisha gutanga amasoko ya Leta na ruswa igabanuke –

Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe gutunganya masoko ya Leta (RPPA) kuri uyu wa 26 Gicurasi bwagiranye bwasobanuriye abanyamakuru akamaro ikoranabuhanga rizagira mu itangwa ry’amasoko, bakaba bizeye ko rizagabanya igihe na Ruswa yajyaga ivugwa mu itangwa ry’amasoko ya Leta. Bikunze kuvugwa kenshi ko mu itangwa ry’amasoko ya Leta hagaragaramo ruswa ndetse n’ikimenyane. Ikigo gishinzwe gutunganya masoko ya Leta […]Irambuye

RSSB, EWSA, RRA, na RBC byahombeje Leta za miliyari, abo

Ubwo umugenzunzi mukuru w’imari ya Leta yagezaga raporo igaragaza uko ingengo y’imari y’umwaka wa 2013-2014 yakoreshejwe ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi kuri uyu wa 11 Gicurasi 2015, abagize inteko bavuze ko niba ibyo iyi raporo igaragaza ari ukuri, byaba ari agahomamunwa bitewe n’ibigo bitandukanye nka Rwanda Revenue, RSSB, EWSA n’ibindi byahombeje Leta amafaranga […]Irambuye

PAC isanga ibibazo by’ingufu biterwa n’uko EWSA iyoborwa nabi

17 Nyakanga – Ubwo yamurikiraga Inteko ishinga amategeko raporo ku igenzura yakoze ku kigo cy’Igihugu gishinzwe amazi, amashanyarazi, isuku n’isukura n’ibibazo umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yagaragaje muri iki kigo, Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite (PAC) yagaragaje ko ibibazo byavuzwe muri EWSA ntacyigeze gihinduka kubera imiyoborere mibi […]Irambuye

en_USEnglish