Tags : Nduba

Abagore bo mu Murenge wa Nduba bamaze kwizigama Miliyoni 68

Mu kwishakamo ibisubizo bahangana n’ubukene, Abagore bo mu Murenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo bamaze kwizigamira amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni 68 binyuze muri gahunda yitwa ‘Igiceri’. Muri rusange, mu Murenge wa Nduba nihamwe muho gahunda ‘Igiceri’ ikangurira abantu kuzigama igiceri byibura cy’ijana (100) yatanze umusaruro ufatika dore ko ari naho yatangiriye. Mu bantu bose […]Irambuye

Igihe kirageze ngo duhane ababyeyi bata inshingano zabo – Min.

Minisitiri Oda Gasinzigwa w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango mu murenge wa Nduba muri Gasabo ahizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku rwego rw’igihugu yatanze ubutumwa ku babyeyi bata inshingano zabo ko habayeho igihe cyo gufasha no guhendahenda ariko ubu igihe kigeze ngo batangire guhana ababyeyi bata inshingano zabo. Minisitiri yagarukaga ku bibazo byugarije umuryango nyarwanda birimo abana batwara inda […]Irambuye

Mu minsi iri imbere umwanda uraba ari imari- Ndayisaba Fidel

Nyuma yo gusura abakora akazi ko gukusanya no gutunda imyanda ituruka mu go z’abaturage  mu mpera z’icyumweru gishize, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba yavuze ko umwanda mu minsi iri imbere utazongera kuba ikibazo kuko ahubwo uzajya ubyazwa amashanyarazi. Yari abajijwe ikibazo cy’abaturage baturiye ikimoteri cya Nduba batarishyurwa amafaranga y’umutungo wabo ngo bimuke bage kure […]Irambuye

Ibiyobyabwenge bifite agaciro ka 19 000 000Rwf byatwitswe

 Ku kimoteri cya Nduba mu murenge wa Nduba mu karere Gasabo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yatwitse 350Kg  na bule ibihumbi  7 586 by’urumogi ndetse yangiza kanyanga n’izindi nzoga zitemewe byose bifite agaciro ka miliyoni zisaga 19 y’u Rwanda. Ibi ni ibyinshi ni ibyafashwe mu gihe cy’ibyumweru […]Irambuye

en_USEnglish