Tags : Ndera

Ndera: Umwana w’imyaka itatu yahiriye mu nzu arapfa

Iyi mpanuka y’inkongi y’umuriro yatewe n’amashanyarazi, yabereye mu mudugudu wa Gisura mu kagari ka Cyaruzinge mu murenge wa Ndera, ihitana umwana w’imyaka itatu witeguraga kuzuzuza imyaka ine muri Nzeri. Inzu yaraye ifashwe n’inkongi y’umuriro ahagana saa mbili za nijoro kuri uyu wa mbere tariki 4 Nyakanga 2016, abaturage baza kurangiza kuyizimya mu masaha ya saa […]Irambuye

Ndera: Imibereho ku gasanteri ko ku Gisima

Ku Gasima ni agasanteri ni agasanteri kari ku mbibe z’Umurenge wa Ndera n’uwa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, hakaba ahantu hashyuha cyane ndetse harimo kugenda hatera imbere nubwo ari icyaro cy’umujyi. Kuva i Remera muri Gare ugerayo na bus (bisi) rusange zitwara abagenzi ni amafaranga y’u Rwanda 300, bus zererezayo niho zikatira […]Irambuye

Nyuma y’itemwa ry’abantu 11 ubwoba buracyari bwose i Ndera

Mu ijoro ryo ku itariki ya 01 Gashyantare abantu batazwi biraye mungo zinyuranye mu midugudu ya Kinunga na Runyonza, mu Kagari ka Kibenga, Umurenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo batema ndetse bagakomeretsa abantu 11, nyuma y’ibyabaye ngo ubwoba buracyari bwose. UM– USEKE wasuye bamwe mu batemwe Imana igakinga akaboko ntibapfe n’abaturanyi babo kugira ngo […]Irambuye

Ndera: Ingabire abyigishijwe n’umugabo we ubu ni umwogoshi ukomeye

*Ingabire amaze igihe yigishijwe kogosha n’umusore bakundanaga baje no kubana; *Ubu we n’umugabo we bakorera muri Salon imwe kandi byabateje imbere; *Ashishikariza abandi bagore gutinyuka imyuga yose; *Intego ye ngo ni ukwigisha abandi no kwagura ibyo akora. Ingabire Deborah, nta mashuri menshi afite, yarangije umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza gusa. Afite umugabo bamaranye imyaka itandatu […]Irambuye

en_USEnglish