Tags : NCPD

Ngoma: Abafite ubumuga ngo hashize umwaka bategereje 500 000 Frw

Bamwe mu bafite ubumuga batuye mu mirenge itandukanye yo mu karere ka Ngoma baravuga ko bamaze umwaka amaso yaraheze mu kirere bategereje inkunga y’inguzanyo y’amafaranga ibihumbi 500 Frw bemerewe kugira ngo biteze imbere. Aba bafite ubumuga bo mu mirenge ya Kazo na Murama bavuga ko umwaka ushize bategereje ko aya mafaranga abageraho, bakavuga ko bari […]Irambuye

Minisiteri ntizikitane ‘ba mwana’ mu gukemura ibibazo by’abafite ubumuga- Dr

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Dr Alivera Mukabaramba yabwiye abitabiriye inama nyunguranabitekerezo ku bibazo by’abafite ubumuga ko hari ubwo Minisiteri ‘ziterana umupira’ iyo bigeze ku ngingo yo gukemura bimwe mu bibazo bireba abafite ubumuga. Ibi ngo biterwa n’uko buri Minisiteri igira ingengo y’imari yihariye igenewe kwita ku bibazo runaka […]Irambuye

Ururimi rw’amarenga rushobora gukoreshwa n’umuntu wese- Kellya

Nyuma y’amezi atatu habayeho ubukangurambaga bwiswe “Sign Your Name” ijwi ry’abatumva, (Media for the Deaf Rwanda) iratangaza ko bakira ubusabe bw’abantu benshi basanzwe bumva ndetse bavuga, ariko bashaka kwiga ururimi rw’amarenga. Ururimi rw’amarenga rushobora gukoreshwa n’umuntu wese, yaba ufite ubumuga bwo kutumva cyangwa kutavuga cyangwa utabufite. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na Kellya Uwiragiye umuyobozi wa […]Irambuye

en_USEnglish