Tags : Mushishiro

Abazi Nyabarongo muri za 1960 yari urubogobogo, ku bandi ngo

*Abaturage bavukiye Mushishiro bahamya ko Nyabarongo ya kera yasaga neza, *Ukora ubucukuzi bw’amabuye we avuga ko bitashoboka ko Nyabarongo yaba urubogobogo, *Ku bandi barimo Minisitiri Vincent Biruta ngo hari byinshi byakorwa mu guhindura amazi ya Nyabarongo. Umunsi umwe, uwari Mayor wa Muhanga Mutakwasuku Yvonne yabwiye Perezida Kagame Paul ko azasubira mu karere ke Nyabarongo yarabaye […]Irambuye

Amashanyarazi (ya Nyabarongo) ajye ahera ku bayaturiye – Kagame

Kuri uyu wa 05 Werurwe 2015 mu gufungura ku mugaragaro urugomero rw’amashanyarazi rutanga Megawati 28 ruherereye mu murenge wa Mushishiro mu karere ka Muhanga, Perezida Kagame yavuze ko Leta yashyize imbere gukora ibishoboka byose kugirango abanyarwanda babone amashanyarazi ahagije. Imibare y’ikigo gishinzwe ibarurishamibare iheruka ivuga ko ingo zifite umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda zibarirwa kuri 20%, […]Irambuye

Mu mpera z’ukwa 10 Nyabarongo iratangira gutanga amashanyarazi

Ingufu z’amashanyarazi ziracyari nke mu Rwanda, Leta ivuga ko ikomeje gushaka inzira zo kongera amashanyarazi akenewe mu gihugu, urugomero rwa Nyabarongo ruherereye mu murenge wa Mushishiro mu karere ka Muhanga ni igice kimwe mu bisubizo kuri iki kibazo. Kuri uyu wa kabiri Nzeri byatangajwe ko mu gihe cy’ukwezi kumwe ruba rutangiye gutanga amashanyarazi. Minisitiri w’ibikorwa […]Irambuye

Abubaka urugomero i Mushishiro bahawe ukwezi kumwe ko kurangiza

Mu ruzinduko  Minisitiri w’ibikorwa remezo, Prof Lwakabamba Silas   yakoreye   ku rugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo  ruherereye  mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga,  kuri uyu wa gatatu taliki ya 09/07/2014  yasabye  abashinzwe imirimo yo kubaka   uru rugomero  ko  bazaba  barangije bitarenze  uku kwezi kwa Nyakanga. Muri uru rugendo Minisitiri  w’ibikorwa remezo  Professeur  Lwakabamba, hamwe n’abandi […]Irambuye

en_USEnglish