Tags : Munyantwari Alphonse

Amagepfo: Munyantwari arasaba Mureshyankwano gukuba kabiri ibyagezweho

Guverineri w’Intara y’Uburengezuba, Munyantwari Alphonse wahoze ari Guverineri w’Intara y’Amagepfo arasaba Mureshyankwano Marie Rose uherutse guhabwa umwanya wo kumusimbura kuzakuba kabiri ibyagezweho muri iyi ntara y’Amagepfo. Muri iki cyumweru, mu ntara y’Amagepfo habaye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’aba ba guverineri bombi nyuma y’uko habaye amavugurura muri Guverinoma y’u Rwanda. Muri uyu muhango witabiriwe n’abayobozi […]Irambuye

Urubyiruko rwo muri EAC rwibukijwe ko rugomba gushyira hamwe

Ubuyobozi bw’intara y’Amagepfo burashishikariza urubyiruko rwo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba guhuza imyumvire bagateza imbere ibihugu byabo n’umugabane wa Afurika muri rusange. Guverineri w’Intara y’amajyepfo yabisabye urubyiruko rugera kuri 150 rwo muri Afrika y’Uburasirazuba biga muri za kaminuza bari bateraniye mu Rwanda aho bariho bahugurwa ku guteza imbere umugabane wa Afurika. Aba basore […]Irambuye

Muhanga: FARG n’Akarere bagiye kuzuza amazu 7, imwe ifite agaciro

Ku bufatanye bw’ikigega gishinzwe kwita no gutera inkunga abarokotse Jenoside (FARG) n’akarere, mu mudugudu wa Munyinya, mu kagali ka Ruli, mu murenge wa Shyogwe ho mu Karere ka Muhanga,  hagiye kuhuzura amazu agezweho, imwe izaba ifite agaciro ka Miliyoni 39 Frw, yitezweho gukemura ikibazo cy’amacumbi, imwe izaba ifite ubushobozi bwo kubamo imiryaango ine. Izi nzu […]Irambuye

Muhanga: CAF Isonga ifite umweenda wa miliyoni 100 Frw igiye

Mu nama yahuje ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo, BNR, CAF Isonga n’abanyamigabane bayo bashya, kuri uyu wa Kane, umuyobozi w’Intara y’Amagepfo, Munyantwari Alphonse yatangaje ko iki kigo cyari kimaze amezi atatu kidakora kubera umweenda wa miliyoni 100 kiri kwishyuzwa na bamwe mu bahoze ari abanyamigabane bacyo kigiye kongera gufungura imiryango. CAF Isonga ivuga ko iri kwishyuza inguzanyo […]Irambuye

en_USEnglish