Tags : Mukantabana Seraphine

Mahama: Abagore mu nkambi y’Impunzi z’Abarundi ntibazongera kubyarira muri shitingi

Mu nkambi y’impunzi z’Abarundi ya Mahama, mu karere ka Kirehe hatashywe ku inyubako zigezweho zizatangirwamo serivise z’ubuzima zitandukanye, igikorwa cyabaye kuri uyu wa kane tariki 26 Mutarama. Hatashywe Ikigo Nderabuzima n’ikigo cyita ku babyeyi (Maternity) n’ikigo cyakwifashishwa mu gihe haba habaye ikibazo cy’indwara y’icyorezo yandura. Impunzi zasabwe no kugerageza kwirinda indwara no kugana ibyo bigo […]Irambuye

UNHCR-Rwanda yizeye ko muri 2017 impunzi z’Abanyarwanda ibihumbi 30 bazataha

*Ngo ibyo muri DRC bishobora gutuma hari Abanyarwanda benshi bataha, *MIDIMAR ngo nta faranga ishobora kuzasohora k’urebwa na ‘Cessation Clause’ nyuma yayo. Kuva taliki ya 01 Mutarama 2018, nta munyarwanda wuhanze igihugu cye kuva mu 1959-1998 uzaba agifatwa nk’impunzi. Umuyobozi w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi mu Rwanda, Azam Saber avuga ko mu mwaka utaha […]Irambuye

Ngororero: Imiryaango 21 000 ituye mu manegeka…Hari kubakirwa 2 000

*Muri aka karere, abaturage bavuga ko abadafite ubushobozi bwo kwiyimura ari bo benshi, *Minisitiri Mukantabana yasabye abaturage kwirinda ibiza mbere y’uko bibageraho, *Mu mezi 9 ashize, u Rwanda rumaze gutakaza abantu 166, na miliyari 27 kubera ibiza… Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza, mu […]Irambuye

Inkunga yose si iyo kwishimira, hari ugutabara agushinyagurira – Mukantabana

*Kuva muri 2013, ibiza bimaze guhitana abantu 286, abakomeretse ni 396, * Itegeko rishya ku micungire y’ibiza riteganya ikigega cyo gutabara mu gihe cy’ibiza, *Minisitiri avuga ko hari abirirwa barekereje ngo bajye kwaka inkunga zo gutanga ubutabazi, ariko babifitemo inyungu. Mu kiganiro Minisiteri y’Imicungi y’Ibiza n’Impunzi yagiranye n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Werurwe; igaragaza imiterere […]Irambuye

en_USEnglish