Tags : Min. Nsengimana Jean Philbert

Impuguke zaje i Kigali kwiga uko ikoranabuhanga ryahindura ubuzima bw’abatuye

Kuri uyu wa Gatanu i Kigali hateraniye inama ihuje impuguke n’abashoramari baturutse mu bihugu bitandukanye by’Afurika  no ku yindi migabane barebera hamwe uko u Rwanda rugiye gushyira mu bikorwa gahunda ya ‘Smart Cities’ y’iterambere ry’abatuye imijyi babifashijwemo n’ikoranabuhanga. Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana avuga ko u Rwanda rufite ibikenewe byose kugira ngo iyi gahunda […]Irambuye

2020 Abanyarwanda bangana na 35% bazaba bakoresha ‘internet’ – Min

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana yatangaje ko akurikije gahunda u Rwanda rwihaye n’ibikoresho bihari ngo mu mwaka wa 2020 Abanyarwanda bazaba bakoresha murandasi bazaba bangana na 35% ni ukuvuga abagera kuri miliyoni esheshatu zirenga. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo gutangiza inama nyunguranabitekerezo ku ikoranabuhanga kuri bose (Internet  for All), Min Nsengimana yavuze ko […]Irambuye

Millicom yatangirije mu Rwanda ikigo gishya yise "THINK"

Kuri uyu wa mbere tariki 31 Werurwe, Ikompanyi mpuzamahanga ya Millicom ifite ibigo by’itumanaho bya Tigo, yatangirije mu Rwanda ikigo mpuzamahanga yise “Think” kizafasha Abanyarwanda, Abanyafurika n’ahandi bantu bose muri rusange bafite ibitekerezo by’imishinga y’ikoranabuhanga ishobora guhindura ubuzima bw’abatuye Isi. Think ni ikindi kigo gishya Millicom yahisemo gutangiriza mu Rwanda kubera uburyo u Rwanda rukangurira […]Irambuye

en_USEnglish