Tags : Korea

Korea ya Ruguru yasabwe guhagarika igeragezwa ry’intwaro kirimbuzi

U Burusiya n’U Bushinwa byasabye Korea ya Ruguru guhagarika imigambi yayo y’intwaro kirimbuzi nyuma y’uko iki gihugu gitangaje ko cyahiriwe no kugerageza igisasu cya missile cyambukiranya imigabane, yise Hwasong-14 intercontinental ballistic missile (ICBM). Ibi bihugu bifitanye ubucuti bukomeye na Korea ya Ruguru, byasabye America na Korea y’Epfo guhagarika imyitozo ya gisirikare bikorana. Korea ya Ruguru […]Irambuye

Korea: America yashyize ubwirinzi bwa Missile muri Korea y’Epfo biteza

Ingabo za America zatangiye gushyiraho ubwirinzi bwa Missile muri Kerea y’Epfo mu gihe umwuka mubi ukomeza gututumba mu gace Korea ziherereyemo. Ubwirinzi bwitwa Terminal High-Altitude Area Defense (Thaad system), bwajyanywe muri Kerea y’Epfo mu rwego rwo kwirinda ibitero byakorwa na Korea ya Ruguru. Abantu amagana batuye mu gace ubwo bwirinzi bwajyanywemo bigaragambije bamagana imodoka zari […]Irambuye

Umuvandimwe wa Perezida wa Korea ya Ruguru yiciwe muri Malaysia

Umuvandimwe wa Perezida Kim Jong-un, witwa Kim Jong-nam biravugwa ko yishwe arozwe mu murwa mukuru wa Malaysia, Kuala Lumpur n’abagore babiri bo muri Korea ya Ruguru bamusanze ku kibuga cy’indege nk’uko byemezwa n’abayobozi muri Korea y’Epfo. Mukuru wa Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un badasangiye nyina yiciwe muri Malaysia, nk’uko byemezwa n’Ibiro ntaramakuru Yonhap […]Irambuye

HWPL, umuryango wita ku Mahoro, uraharanira ko Intambara ku Isi

Uyu muryango, Heavenly Culture, World Peace, Restoration of Light, (HWPL) watangiriye mu gihugu cya Korea, ufite abawuhagarariye mu Rwanda, bavuga ko bakeneye amajwi y’Abanyarwanda 5000, ku gira ngo nibura Umuryango w’Abibumbye UN, yemera ko ibihugu bisinya Itegeko ry’Amahoro ku Isi no guhagarika Intembara. Bosco Nshimiyimana Umuvugizi w’Amahoro, ku rwego rw’Umuryango w’Ihuriro ry’Amatorero mu kumenyesha Ukuri, […]Irambuye

en_USEnglish