Tags : Justice

Guha umwanya Jean Kambanda akivuga mu itangazamakuru ni ‘amahano’ –

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 9 Werurwe, Minisitiri w’Ubutabera n’Uburenganzira bwa muntu muri Mali, umaze iminsi ine mu Rwanda, yavuze ko kuba Jean Kambanda wabaye Minisitiri w’Intebe muri Leta y’Abatabazi ishinjwa gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside, akaba afungiye muri Mali nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya Jenoside, kuba yarahawe ijambo akavugira mu […]Irambuye

 Amahanga afitiye ubutabera bw’u Rwanda  icyizere – Min Busingye

Nyanza – Ubwo hatangizwaga amasomo y’ubumenyingiro mu by’amategeko,  BUSINGYE Johnston Minitiri w’Ubutabera yavuze ko amahanga afitiye ubutabera bw’u Rwanda icyizere, asaba abagiye gukurikirana aya masomo ko barangwa n’indanganagaciro n’ubunyangamugayo. Uyu muhango wo gutangiza amasomo abiri arebana no gushyira mu bikorwa amategeko n’uko amategeko yandikwa akanategurwa wabereye mu Karere ka Nyanza mu Ishuri Rikuru ryo kwigisha […]Irambuye

Kenya: Yigambye kuri Fecebook ko yasambanyije umwana

*Polisi yataye muri yombi uwo musore w’imyaka 26. Polisi mu gihugu cya Kenya yataye muri yombi umugabo ushinjwa kuba yashyize ku rubuga rwa Facebook inyandiko iherekejwe n’amafoto, yigamba ko yasambanyije umwana wiga mu mashuri abanza, igikorwa cy’uwo mugabo cyateje impagarara muri Kenya. Inyandiko y’uyu mugabo kuri Facebook yagira iti “Uyu munsi nasambanyije umunyeshuri wiga mu […]Irambuye

Canada: Seyoboka ukekwaho Jenoside ntashaka koherezwa mu Rwanda

*Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwizeza Seyoboka kubona ubutabera bwiza, no kuba yasubirishamo urubanza rwa Gacaca kuko yakatiwe imyaka 19 adahari, *Seyoboka avuga ko aje mu Rwanda ‘ashobora kwicwa’ kandi ngo ntiyahabwa ubutabera bwiza. Seyoboka, Umunyarwanda bivugwa ko yari umusirikare mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi aba ahitwa Gatineau muri Canada, akaba akekwaho kugira uruhare muri Jenoside […]Irambuye

U Rwanda rwamuritse igikombe cya zahabu rwabonye mu Butabera

Kuri uyu wa gatanu tariki 4 Werurwe, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na Minisitiri w’Umurimo n’uw’Ubutabera n’abandi bayobozi bakuru mu butabera, bamuritse igikombe u Rwanda rwegukanye mu bijyanye no kwakira no kubika ibirego binyuze mu Ikoranabuhanga (Rwanda Integrated Electronic Case Management System, IE CMS), iki gikombe cyatanzwe n’umuryango AAPAM. Iki gihembo cyatanzwe mu nama iheruka kubera i […]Irambuye

South Africa: Pistorius wahamwe no kwica umukunzi we yarekuwe atanze

Umukinnyi Oscar Pistorius wamamaye mu gusiganwa ku maguru mu mikino y’abamugaye, yemerewe kurekurwa atanze ingwate mu gihe agitegereje gusomerwa umwanzuro w’urukiko ku cyaha yahamijwe cyo kwica uwari umukunzi we mu 2013. Urukiko ruzasoma imikirize y’urubanza mu mwaka utaha tariki 18 Mata. Pistorius yasabwe gutanga ama Rand 10,000 ($700, £450, angana na Frw450 000) nk’ingwate. Uyu […]Irambuye

en_USEnglish