Tags : Jakaya Kikwete

Magufuli yagize Kikwete umuyobozi wa Kaminuza ya Dar es Salaam

Tanznaia – BBC yatangaje kuri uyu wa kane ko Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yahaye uwo yasimbuye Dr Jakaya Mrisho Kikwete umwanya wo kuba umuyobozi wa Kaminuza ya Dar es Salaam. Aya makuru yari amaze iminsi ahwihwiswa kuva kuwa mbere. Kuri uyu wa kane itangazo rimushyira kuri uyu mwanya ryasohowe n’umunyamabanga mukuru wa Perezida […]Irambuye

Tanzania: Kikwete yavuze ko Imana yahisemo Dr.Magufuli ngo amusimbure

Umuyobozi mukuru w’Ishyaka riri ku butegetsi muri Tanzania, Chama Cha Mapinduzi (CCM), Perezida Jakaya Kikwete, yavuze ibigwi by’umukandida w’iryo shyaka yifuza ko azamusimbura, Dr. John Magufuli, ndetse avuga ko Imana ariyo yamuhisemo. Kikwete yaganiraga n’inararibonye z’abakuru muri Tanzania, abagore n’urubyiruko bo mu ishyaka rya  CCM igice cyo mu mujyi wa Dar es Salaam kuri uyu wa […]Irambuye

Tanzania: LOWASSA wo mu ishyaka rya CCM agiye kujya muri

Ejo ku cyumweru hashize nibwo ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza, Chadema (Chama cha Demokrasia na Maendeleo) ryari kwerekana ku mugaragaro Edward Lowassa, wabaye Minisitiri w’Intebe ari mu ishyaka riharanira impinduka CCM (Chama cha Mapinduzi), gusa ntibyashobotse kubera amakimbirane yavutse mu mpuzamashyaka, Ukawa (Umoja wa Katiba ya Wananchi). Ishyaka rya Chadema ritajya imbizi n’Ubutegetsi bwa Chama […]Irambuye

Perezida Museveni yasuye Kikwete ngo baganire

Perezida Museveni wa Uganda ari muri Tanzania kuva kuri uyu wa 10 Nzeri aho ari bugirane ibiganiro na Perezida Jakaya Mrisho Kikwete. Tanzania imaze iminsi itagaragaza kwibona neza mu muryango wa EAC ndetse mu gihe gishize yashinje ibihugu bya Kenya, Rwanda na Uganda kubaheza mu mishinga imwe n’imwe. Tanzania iherutse kuvana ikirego cyayo mu rukiko […]Irambuye

Kikwete yakiriye Ambasaderi mushya w’u Rwanda muri Tanzania

Kuri uyu wa 09 Nzeri Perezida Jakaya Kikwete yakiriye impapuro zemerera Eugene Segore Kayihura guhagarari u Rwanda muri Tanzania. Ibihugu byombi bimaze iminsi bitarebana ijisho ryiza muri politiki kubera ibitekerezo bya Perezida wa Tanzania ku kibazo cya FDLR iba mu burasirazuba bwa Congo. Jakaya Kikwete yahaye ikaze Ambasaderi Kayihura muri Tanzania nyuma gato y’uko uyu […]Irambuye

Obama yatangije inama yatumiyemo abayobozi ba Africa bose

Washington – Kuri uyu wa 05 Kanama Perezida Barack Obama wa USA na Vice Perezida we Joe Bidden bafashe umwanya munini bagaragaza ko Leta z’unze ubumwe za Amerika zitaye ku iterambere rya Africa, bagaragaza mu ngero no mu mibare ibyo Amerika imaze gukorera Africa. Nyuma hakurikiyeho ikiganiro kigufi cyahuriyemo ba Perezida Paul Kagame, Macky Sall […]Irambuye

en_USEnglish