Tags : isuku

Nyaruguru: Abaturage b’abahinzi bishyize hamwe bakora koperative ikora isabune

 *Umuturage wo muri ako gace ukeneye isabune adafite amafaranga ngo baramukopa, *Ikibazo bafite ni icyo kudahaza isoko ry’abakeneye isabune kubera imashini yapfuye. Mu murenge wa Nyagisozi wo mu karere ka Nyaruguru abaturage bishyize hamwe bashinga koperative ikora amasabune none ngo uretse kubafasha mu mibereho, bo ubwabo ngo n’abaturage baturiye aho koperative ikorera ngo ibafasha kwita […]Irambuye

Mu myaka 6 hubatswe imiyoboro ya 2 167Km iha abaturage

Abwira Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi ibikorwa bya Geverinoma (2010 – 2017) bijyanye n’Amazi n’Isukura, Minisitiri w’Intebe yavuze ko kugeza ubu imbogamizi zigihari mu kwihaza ku mazi meza mu gihugu harimo ikibazo cy’ingengo y’imari idahagije, imiyoboro y’amazi ishaje, abaturage bagifite imyumvire iri hasi. Ibi bigatuma amazi aba macye, ahenda cyangwa akoreshwa nabi. Nko mu mujyi […]Irambuye

Remera: Abaturage bagiye kujya bafatira mutuelle ku kagari

Mubera Prosper ukuriye Inama njyanama y’Umurenge wa Remera mu ijambo yagejeje ku batuye utugari tugize uriya murenge kuri uyu wa Gatanu bari bateraniye ahitwa kuri Mathias House i Remera yavuze ko amakarita y’ubwisungane mu kwivuza abaturage bazajya bayasanga ku kagari. Mubera Prosper yabwiy abaturage ko  ibi bahisemo kubikora mu rwego rwo kuborohereza kwishyura amafaranga no […]Irambuye

Kigali nziza na Kigali yindi !!

Kigali ni nziza! Isuku, amazu mashya maremare kandi meza, quartier zigezweho, imihanda mishya itatse amatara, ubusitani ku mihanda… ni bimwe mu byiza ubona iyo utembere umujyi wa Kigali wigendagendera ‘inyuma’. Uramutse uvuye Kampala, Abidjan cyangwa Kinshasa wakwikundira i Kigali aho uhumeka neza. Ariko iyo winjiye imbere muri za quartier za rubanda rusanzwe uhasanga indi Kigali […]Irambuye

en_USEnglish