Tags : India

Ngororero: Babyaranye n’Abahinde barigendera ntibabasigira indezo

Abari abakobwa bane ubu bakaba ari abagore bo mu mudugudu wa Butare mu kagari ka Ruhanga muri Ngororero bavuga ko babyaranye n’abahinde bane bakoraga ku rugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ruri kurangizwa mu murenge wa Mushishiro. Abahinde babanye kuva mu 2010 bakanabatera inda, bababwiye ko bagiye mu biruhuko mu Buhinde, ntibagaruka none baribaza uzabaha indezo z’abana […]Irambuye

Rya neza ugire ubuzima bwiza

Nubwo indwara z’umutima ziyongereye mu myaka ya vuba aha kurusha mbere, hari uburyo butandukanye abantu bakoresha kugira ngo bazirinde zitarabafata. Bumwe muri bwo ni ukurya indyo yuzuye, yiganjemo imboga n’imbuto. Imirire myiza ni imwe mu nkingi zikomeye zifasha umuntu kwirinda gufatwa indwara z’umutima ndetse n’izindi zitandukanye. Kurya neza( bitandukanye no kurya ibintu bikize ku mavuta) […]Irambuye

Uko abakuze barwanya indwara z’umutima n’imitsi

Muri iki gihe abaganga bavuga ko hamaze gutangizwa ishami rishya rw’ubuvuzi ryita ku ndwara z’umutima zifata abantu bakuze ryirwa  geriatrics.  Ubusanzwe  indwara z’umutima n’imitsi zibasira abantu bakuze, bigatuma batabasha kwiteza imbere mu bintu  bitandukanye. Imibare itangwa n’abashakashatsi mu mibereho n’imibanire y’abantu igaragaza ko umubare w’abantu basheshe akanguhe ukomeza kwiyongera ku Isi. Ibi biteye impungenge abaganga […]Irambuye

en_USEnglish