Tags : Ibiyobyabwenge

Gicumbi: Polisi irashakisha abakora inzoga z’inkorana n’abazikwirakwizwa

Bamwe mu baturage banze kuva ku izima bakaba bakwirakwiza ibiyobyabwenge n’inzoga z’inkorano, Police ikomeje kubaburira kureka ibyo bikorwa,  aho gukomeza gucungana n’inzego z’umutekano, ubu harashakishwa ba rwiyemezamirimo n’abakozi babafasha muri ibi bikorwa. Inzego z’Umutekano zikomeje Gushakisha abinjiza ibiyobyabwenge by’umwihariko Polisi ikaba iburira abakora inzoga z’inkorano kubireka bitarabaviramo igihombo  n’ibihano bikomeye. Uhagarariye Police mu karere ka […]Irambuye

Gicumbi: Batwitse ibiyobyabwenge n’ibiti bya Kabaruka bihagaze miliyoni 242

Ibiyobyabwenge byiganjemo inzoga zisindisha cyane, kanyanga na chief warragi zitemewe mu Rwanda, urumogi ndetse n’ibiti bya kabaruka abandi bitea imishikiri bifite agaciro ka miliyoni zirenga 242 byatwikiwe mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi kuri uyu wa gatanu tariki 10 Ukwakira. Ibi byatwitswe birimo toni 20 z’ibiti bya kabaruka byafashwe bashaka kubijyana mu mahanga […]Irambuye

Ibiyobyabwenge ntibyaba bishakirwa mu rubyiruko biri mu bakuze?

Ni koko Urubyiruko nirwo runywa ibiyobyabwenge cyane, Inama y’igihugu y’urubyiruko ndetse na Minisiteri y’Urubyiruko n’indi miryango ifite inshingano zo kwigisha kureka ibiyobyabwenge bamwe bibaza niba hari inyigisho abantu bakuru bavugwaho kuba aribo bacuruza ibi biyobyabwenge hari inyigisho zihariye bahabwa. Urubyiruko sirwo rwinjiza amatoni y’urumogi, siriduwire, n’ibindi biyobyabwenge bidakorerwa mu Rwanda, urubyiruko kandi sirwo rwenga Nyirantare, […]Irambuye

Umugore n'umugabo bafatanywe za Kanyanga ziva Uganda

Gisozi – Umugabo n’umugore bakurikiranyweho gushaka gukwirakwiza inzoga za Kanyanga, chief waragi n’izindi zikorerwa muri Uganda zitemewe mu Rwanda. Kuri station ya Polisi ku Gisozi aho Polisi yaberekanye kuri uyu mugoroba wo kuwa 15 Nyakanga, bombi bahakana ibyo baregwa bakavuga ko n’ubwo babifatanywe atari ibyabo. Gabriel yafatiwe ku mupaka wa Gatuna azanye izi nzoga i […]Irambuye

Hagiye gukorwa urutonde rushya rw’ibiyobyabwenge bibujijwe mu Rwanda

Itegeko ribuza rikanahana ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu Rwanda ryaba ubu ngo ritajyanye n’urutonde rwabaye rurerure rw’ibiyobyabwenge bikorerwa n’ibikoreshwa n’abantu mu Rwanda, mu kiganiro mu nama nyunguranabitekerezo mu nteko ishinga amategeko hagati ya Komisiyo y’Ububanyi n’amahanga Ubutwererane  n’Umutekano na Ministeri y’Ubuzima basabye ko hakorwa urutonde rushya rw’ibiyobyabwenge bibujijijwe gukora no gukoresha mu Rwanda. Muri iki kiganiro cyabaye […]Irambuye

en_USEnglish