Tags : Ibidukikije

Ipaji y’inyandiko yanditswe n’intoki igiye kugurishwa $675 000

Ni imwe mu mapaji agize igitabo cy’umuhanga w’Umwongereza Charles Darwin yise ‘On the Origin of Species’ gisobanura inkomoko y’uruvangitirane rw’ibinyabuzima n’uko byagiye bikura uko ibihe byasimburanye. Iyi nyandiko yanditse n’intoki abahanga bavuga ko iri mu myanzuro ya kiriya gitabo kandi ngo ni nyiri ubwite washyizeho umukono we arangije igitabo cyose. Kuba iriya paji  ari umwimerere […]Irambuye

Amazi ya Nyabarongo ashobora kuba urubogobogo?

Biragoye ariko birashoboka mu gihe cyose abanyarwanda bazajijuka bakagira agahinda ko kubona Nyabarongo, Akagera n’indi migezi isa n’urwagwa rw’ibitoki nyamara ari ubutaka bwacu, buzaturwaho n’abazadukurikira, buri kuducika bwigira aho bazi kububungabunga. Umunyarwanda wo mu myaka 50 ishize byashoboka ko ntacyo byari bimubwiye, umunyarwanda w’uyu munsi ubasha gufungura Internet akwiye kubabazwa no kuba Nyabarongo isa gutya, […]Irambuye

Dr Mukankomeje, Gen Ibingira na Dr Biruta bari kureba uko

Dr Vincent Biruta Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo REMA gishinzwe kubungabunga ibidukikike na Lt Gen Fred Ibingira Umugaba w’ingabo z’Inkeragutabara kuri uyu wa gatatu ahagana saa yine z’amanywa bageze i Karongi n’ubwato bavuye i Rubavu aho bari mu ruzinduko rwo kureba uko ibiyaga bya Kivu na Karago bibungabunzwe. Ikiyaga cya Karago (giherereye […]Irambuye

REMA irasaba ko abacuruza firigo barangura izuzuje ubuziranenge

Kuri uyu wa gatatu tariki 11 Kamena 2014 haratangwa amahugurwa agamije kubangabunga ibidukije akaba yibanda ku bikoresho byifashishwa cyane nk’imashini zikonjesha ibyo kunywa no kurya kuko akenshi zikoresha gazi yangiza umwuka abantu bahumeka. Mu mahugurwa abacuruzi batunzwe agatoki ku kuba barangura firigo zitujuje ubuziranenge. Abahuguwe kandi babwiwe ko inzu zakagombye kugira ibyuma bitanga umwuka mwiza (air […]Irambuye

en_USEnglish