Tags : Gospel

P.Bizimana wahombye miliyoni 10 mu gitaramo, MTN Tap&Pay izamufasha kutongera

Nyuma y’igitaramo cya Patient Bizimana umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo ziramya Imana (Gospel) cyitabiriwe n’abantu batari bake aho cyarimo n’umuhanzi wo muri Afurika y’Epfo, Pst. Solly Mahlangu, mu gitaramo cya Easter Celebration 2016,  Bizimana yavuze  ko mu mafaranga yinjije hagaragayemo igihombo cya Miliyoni 10 zisaga zaburiwe irengero, ubu MTN yiteguye kumufasha. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na […]Irambuye

Rev. Past Kayumba Fraterne mu ndirimbo ya Hip hop na

Rev. Pasteri Kayumba Fraterne asanga gukora injyana ya Hip hop muri Gospel biri mu bintu bizakurura urubyiruko rwinshi rukamenya Imana, ikaba ari na yo ntandaro yatumye akora indirimbo ya Hip Hop kugira ngo arusheho gukundisha urubyiruko Imana. Uyu muvugabutumwa avuga ko uyu mwaka ari uwo kuzamura injyana ya Hip hop cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana […]Irambuye

Ruremire Focus yahiguye umuhigo wo gusohora indirimbo ihimbaza Imana

Bibaye ubwa mbere mu mateka y’umuhanzi Ruremire Focus gukora indirimbo ihimbaza Imana.  Uyu muhanzi wari usanzwe amenyerewe mu kuriririmba indirimbo z’umuco nyarwanda yemeza ko Imana ishimishwa n’indirimbo ziyihimbaza ititaye ku bwoko bwa muzika asanzwe akora. Ruremire yatangarije Umuseke ko kuba yasohoye indirimbo ihimbaza Imana bitavuze ko agiye kwinjira mu ruhando rw’abahanzi baririmbira Imana ahubwo ko […]Irambuye

Patient Bizimana ngo yahombye miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda

Nyuma y’igitaramo cya Patient Bizimana umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo ziramya Imana (Gospel) cyitabiriwe n’abantu batari bake aho cyarimo n’umuhanzi wo muri Afurika y’Epfo Pst. Solly Mahlangu, Bizimana avuga ko mu mafaranga yinjije haragagayemo igihombo cya Miliyoni isaga icumi y’amafaranga y’u Rwanda yaburiwe irengero. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na Bizimana yadutangarije ko mu gitaramo cye, amafaranga […]Irambuye

“Haracyari ibyiringiro”, igitaramo kije guhumuriza Abanyarwanda mu bihe byo kwibuka

Ni ku nshuro ya gatanu igitaramo “Haracyari ibyiringiro” cyateguwe n’itsinda rya The power of the Cross. Iki gitaramo kigamije gutaramira Abanyarwanda mu rwego rwo kubahumuriza mu bihe bikomeye byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22.  “Haracyari ibyiringiro concert live” ni igitaramo  ngarukamwaka gitegurwa mbere y’uko hatangira Icyunamo mu rwego rwo guhumuriza Abanyarwanda. Ndatabaye […]Irambuye

en_USEnglish