Tags : Girinka Munyarwanda

Abafite ubugufi bukabije ngo mu isomo mboneragihugu hongerwemo kutabannyega

*Ngo muri Girinka, VUP, Ubudehe,…barirengagizwa, *Ngo iteka bahora bafatwa nk’abana bikabavutsa amwe mu mahirwe,… Abafite ubumuga bw’ubugufi bukabije bibumbiye mu muryango RULP (Rwanda Union of Little People) baravuga ko bakomeje guheezwa muri gahunda zimwe na zimwe zigamije kuzamura ibyiciro by’abantu bafite umwihariko w’intege nke nkabo. Bavuga ko bitangirira mu miryango migari babamo kuko abo babana […]Irambuye

Nyanza: I Muyira bavuga ko Girinka yatumye baca ukubiri na

Abahawe inka muri  gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’ mu Murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza bavuga ko inka bahawe muri iyi gahunda zimaze guhindura byinshi mu buzima bwabo birimo gusezerera ikibazo cy’imirire mibi n’indwara zaterwaga nacyo nka Bwaki yakundaga kwibasira urubyaro rwabo. Nyiramitsindo Berancilla ufite abana batandatu yorojwe inka muri iyi gahunda ya Girinka, avuga […]Irambuye

Umuturage yorojwe Inka 26 ku munsi umwe

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru Hazimana Jean Tuyisenge utuye mu mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Ruli mu Murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga yahawe Inka 26 na bagenzi be bibumbiye mu ishyirahamwe ‘IGICUMBI CY’UMUCO’ biyemeje korozanya. Abaturage bamugabiye bavuga ko bifuza kunganira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame watangije gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’. Hakizima […]Irambuye

Huye: Abantu 40 bituwe muri Girinka, ababoroje babaratira ibyiza by’iyi

Mu murenge wa Simbi mu karere ka Huye, abantu 40 borojwe inka bituwe na bagenzi babo bazihawe muri gahunda ya ‘Girinka Munyarwanda’, aba babituye babaratiye ibyiza byo korora inka kuko zabafashije kwikura mu bukene babifashijwemo n’ifumbire yabafashije guhinga bakeza n’umukamo bakomeje gukuramo amafaranga. Abituye abaturanyi babo babanje kubasogongeza ku byiza bya gahunda ya Girinka Munyarwanda […]Irambuye

Girinka: Harimo icyuho cy’Inka ibihumbi 96…Hamaze gutangwa ibihumbi 253

*Inka 729 zo muri ‘Girinka’ zaburiwe irengero,…641 zahawe abo zitagenewe, *Abantu 115 bahawe inka bagize icyo batanga,…929 banze kwitura, *Abayobozi bazinyereza…Umuyobozi wa RAB ati ‘ntabwo ab’inda nini babura’ *Abakeneye ibiraro: Hon Ignacienne ngo abantu ntibakagondoze uwabagabiye… Mu bigabiro Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi, Ubworozi n’ibidukikije bagiranye n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), bagaragarijwe ishusho ya […]Irambuye

en_USEnglish